Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Dufite Ubushobozi Bwo Kwigenera Ahazaza Hacu-Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Abanyarwanda Dufite Ubushobozi Bwo Kwigenera Ahazaza Hacu-Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 January 2025 9:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwibuka ko ari rwo mizero y'u Rwanda
SHARE

Perezida Kagame yaraye avuze ko urubyiruko rw’u Rwanda ari rwo mizero yarwo kandi ko rufite ubushobozi bwo kurugeza aheza rutigeze rugera mu mateka yarwo.

Yabivugiye mu ijambo yaraye agejeje ku Banyarwanda abifuraza kurangiza neza umwaka wa 2024 binjira mu mwaka wa 2025.

Kagame yagize ati: “ Urubyiruko rwacu tubatezeho kuzageza u Rwanda ku yindi ntera irenze n’aho twigeze dutekereza”.

Yibukije urubyiruko ko rugomba kuzirikana ko Abanyarwanda bafite ubushobozi bwo kwigenera ahazaza habo habakwiriye.

Kagame kandi yavuze ko iterambere ry’u Rwanda rishingiye ku ihame ryakorohera buri wese kuryumva.

Ni ihame rigira riti: ‘’Ntushobora gutegereza ko abandi bazaguteza imbere, wowe ubwawe udashyize imbaraga muri ibyo bikorwa by’iryo terambere”.

Yavuze kandi ko Abanyarwanda bahorana intego yo kugera ku bihambaye kuko ari bwo buryo bwiza bwo kugira icyo umuntu ageraho.

Kuri we, Abanyarwanda basanze kugira intego zo kugera ku bihambaye ari amahitamo yabo, ashoboka kandi basanze ari bwo buryo bwiza bwo kubaho.

Ni ibintu asanga Abanyarwanda bashobora kugeraho kandi bazageraho uko bizagenda kose.

Ijambo rye kandi ryongeye gushimangira ibyo yakunze kuvuga by’uko nta muntu uzashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda ngo bimuhire.

TAGGED:featuredIterambereKagamePolitikiUbukunguUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Côte d’Ivoire Nayo Yirukanye Ingabo Z’Ubufaransa Ku Butaka Bwayo
Next Article DRC: Abasirikare 13 Bakatiwe Urwo Gupfa Bazira Guhunga M23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?