Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarundi Basabwe Kwirinda Gukorana N’Abanyarwanda ‘Bakora Iterabwoba’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abarundi Basabwe Kwirinda Gukorana N’Abanyarwanda ‘Bakora Iterabwoba’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 August 2023 3:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe w’Uburundi Gervais Ndirakobuca yabwiye Abarundi baturiye ishyamba rya Kibira ko bakwiye kuba maso bakirinda gukorana n’inyeshyamba z’Abanyarwanda zikora iterabwoba zikorera muri ririya shyamba.

Yavuze ko ari ‘inyeshyamba z’Abanyarwanda’.

Ndirakobuca yabivugiye muri Komini Mabayi, mu Ntara ya Cibitoke mu ruzinduko yari yahagiriye kuri uyu wa Kabiri taliki 22, Kanama, 2023.

Yari yahuye n’abayobozi mu nzego za gisivili n’iza gisirikare zikorera muri kiriya gice.

Radio Televiziyo y’Uburundi yavuze ko Minisitiri w’Intebe Gervais Ndirakobuca yahaye abatuye kiriya gice gasopo ko abazakorana n’abo Banyarwanda bakora iterabwoba, bazibonera ishyano.

Iyi radio ivuga ko ikibabaje ari uko muri bariya bantu bakorana n’abo Minisitiri Gervais Ndirakobuca yita Abanyarwanda bakora iterabwoba( Rwandan terrorists), harimo n’abayobozi bo muri kiriya gice.

Yavuze ko abo bibazabaguruka.

Ndirakobuca yagize ati: “ Abayobozi bafite amatwi ndizera ko bumvise kandi uzi ubwenge ahinduke.”

Amakuru avuga ko abo Ndirakobuca avuga ari abarwanyi bo muri FLN bamaze iminsi bateje ikibazo mu bice bituriye ishyamba rya Kibira.

Ngo nibo bagabye igitero muri biriya bice muri Nyakanga, 2023.

Abo muri FLN kandi nibo bagize uruhare mu bitero byagabwe ku Rwanda bikica abaturage bo muri Nyaruguru na Nyamagabe hagati y’umwaka wa 2018 n’umwaka wa 2019.

Abarwanyi ba FLN bari basanzwe bafitanye imikoranire n’ishyaka rya MRCD rya Paul Rusesabagina, wafashwe agashyikirizwa ubutabera arakatirwa ariko aherutse kurekurwa kubera imbabazi za Perezida Kagame.

TAGGED:AbarwanyifeaturedFLNNdirakobuca
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rwanda Hari Ibirombe 100 Bicukurwa Mu Buryo Budakurikije Amategeko
Next Article Kagame Yabwiye Abakuru Ko N’Abato Bashobora Kuyobora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?