Minisitiri w’Intebe w’Uburundi Gervais Ndirakobuca yabwiye Abarundi baturiye ishyamba rya Kibira ko bakwiye kuba maso bakirinda gukorana n’inyeshyamba z’Abanyarwanda zikora iterabwoba zikorera muri ririya shyamba. Yavuze...
Inteko iburanisha y’Urukiko rw’Ubujurire yaburanishaga urubanza ubushinjacyaha rwajuririye bushaka ko igifungo cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yahamijwe n’Urukiko rukuru, nayo yemeje ko icyo gihano cyari gishyize mu...
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire guhamya Paul Rusesabagina ibyaha by’iterabwoba maze agahanishwa gufungwa burundu, aho kuba imyaka 25 yahawe n’Urukiko rukuru. Kuri uyu wa 21 Werurwe nibwo...
Urukiko rw’ubujurire rwaraye rutesheje agaciro ikirego mu bujurire cyatanzwe n’abantu 22 bavuga ko bangirijwe ibyabo n’abarwanyi ba FLN. Uku kugitesha agaciro gukozwe nyuma y’uko n’Urukiko rukuru...
Umudepite mu Nteko ishinga amategeko ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, Ilhan Abdullahi Omar, yitambitse umwanzuro wasabaga ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba n’Inkiko z’u Rwanda...