Amafoto: Ingabo z’u Rwanda mu kazi iyo i mahanga ntizizigama

Kuri iki Cyumweru nibwo abatuye Centrafrique batoye Perezida wa Repubulika wabo. Ni amatora yabaye mu gihe mu gihugu hari umwuka mubi w’abarwanyi bashakaga kuyaburizamo. U Rwanda rwaritabajwe kugira ngo rujye gufasha mu gukumira ko hari uwayakoma mu nkokora.

Rwabanje kohereza abasirikare barwo bari basanzwe bari muri Sudani y’Epfo ariko nyuma ruza koherezayo n’undi mutwe w’ingabo kabuhariwe 300.

Zigezeyo zahahuriye n’izindi zaturutse mu Burusiya, ingabo zo ku mpande zombi umugambi wari ugukoma mu nkokora icyo ari cyo cyose cyarogoya amatora.

Bafatanyije n’Abarusiya barinze umutekano w’Umukuru wa Centrafrique
Baracyurira imodoka gikomando
Captaine muri RDF ari mu kazi muri Centrafrique
Bagize itsinda ry’ingabo za UN zagiye gukurikirana uko amatora agenda
Abaturage barabizera
Baba bazenguruka mu mihanda bareba uko biteye
Bari maso
Bafatanyije na bagenzi babo bo mu Burusiya

 

- Advertisement -
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version