Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Ingabo z’u Rwanda mu kazi iyo i mahanga ntizizigama
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Ingabo z’u Rwanda mu kazi iyo i mahanga ntizizigama

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 December 2020 6:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri iki Cyumweru nibwo abatuye Centrafrique batoye Perezida wa Repubulika wabo. Ni amatora yabaye mu gihe mu gihugu hari umwuka mubi w’abarwanyi bashakaga kuyaburizamo. U Rwanda rwaritabajwe kugira ngo rujye gufasha mu gukumira ko hari uwayakoma mu nkokora.

Rwabanje kohereza abasirikare barwo bari basanzwe bari muri Sudani y’Epfo ariko nyuma ruza koherezayo n’undi mutwe w’ingabo kabuhariwe 300.

Zigezeyo zahahuriye n’izindi zaturutse mu Burusiya, ingabo zo ku mpande zombi umugambi wari ugukoma mu nkokora icyo ari cyo cyose cyarogoya amatora.

Bafatanyije n’Abarusiya barinze umutekano w’Umukuru wa Centrafrique
Baracyurira imodoka gikomando
Captaine muri RDF ari mu kazi muri Centrafrique
Bagize itsinda ry’ingabo za UN zagiye gukurikirana uko amatora agenda
Abaturage barabizera
Baba bazenguruka mu mihanda bareba uko biteye
Bari maso
Bafatanyije na bagenzi babo bo mu Burusiya

 

TAGGED:CentrafriquefeaturedIngaboRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyafungishije Umunyemari Muvunyi Paul Cyamenyekanye
Next Article Rusizi: Abantu bivugwa ko ‘bambaye gisirikare’ bateye urugo bica umuntu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Yishimiye Isinywa Ry’Imikoranire N’u Rwanda Mu Majyambere

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu Byazamutse

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Kagame Ari Muri Qatar Mu Kwigira Hamwe N’Abandi Icyarushaho Guteza Imbere Isi

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

You Might Also Like

Ubukungu

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?