Inzego z’ubuzima mu Rwanda zimaze iminsi zipima ubwandu bwa COVID-19 harebwa niba nta coronavirus yihinduranyije irimo gukwirakwira mu baturage, gusa ntakiremeza ko ihari nk’uko ibipimo by’ibanze...
Perezida Paul Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi bane guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda. Ni ibihugu bya Pakistan, Venezuela, u Busuwisi na Thailand. Bose uretse ambasaderi...
Imibare y’abandura COVID-19 igaragaza ko hari abakingiwe ariko bakomeje kwirara, ku buryo imibare y’abandura ikomeje kuzamuka uko bwije n’uko bukeye. Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, Dr...
Komiseri wa Polisi Christophe Bizimungu yageze i Bangui muri Repubulika ya Centrafrique, aho yatangiye inshingano zo kuyobora abapolisi bose bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MINUSCA....
Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza Ben Wallace n’abayobozi bakuru batandatu b’ingabo basabwe kujya mu kato k’iminsi 10 iwabo mu ngo, nyuma yo guhura n’Umugaba Mukuru w’Ingabo bikaza...