Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Barindwi Baguye Mu Mubyigano Wabereye Mu Gitaramo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu mahanga

DRC: Barindwi Baguye Mu Mubyigano Wabereye Mu Gitaramo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 July 2024 10:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo umwe mu bapasiteri ukomeye kandi uririmbira Imana witwa Mike Kalambayi yakoreshaga igitaramo abantu bakuzura umwuka wera, baje gukandagirana hapfamo barindwi.

Radio na Televiziyo bya Repubulika ya Demukarasi ya Congo nibyo byabitangaje mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, bikavuga ko igitaramo cya Kalambanyi cyabereye kuri stade yitwa stade des Martyrs iri mu Murwa mukuru Kinshasa.

Imirambo yabahaguye yajyanywe mu bitaro bya Vijana biri muri Komini ya Lingwala n’aho abakomeretse bajyanwa mu bitaro kureba ko bakwitabwaho bagakira bitarakomera.

Ubuyobozi buvuga ko hatangijwe iperereza ryimbitse ngo hamenyekane byinshi ku byaba byateye izo ntugunda zaguyemo abo bantu bose.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Stade des Martyrs ni stade nini cyane kuko ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 80,000.

Stade des Martyrs

Bamwe mu baturage babwiye Radio Okapi ko yari yakubise yuzuye abantu baje kumva umuziki n’ubutumwa bw’uwo muhanzi ukunzwe cyane muri iki gihugu kiri mu bituwe n’abaturage benshi muri Afurika.

Iki gihugu gituwe n’abantu 105.061.492.

Ubwo iki gitaramo cyabaga, iriya stade yose yari yuzuye ndetse abantu bikubuye barataha kubera kubura aho bicara.

Mu mwaka wa 2023 hari mu Ugushyingo, nabwo abantu 11 barapfuye ubwo babyiganaga bagiye mu gitaramo cya Fally Ipupa.

- Advertisement -
TAGGED:ImanaIndirimboPasiteriUmuhanziUmuvundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nel Ngabo Yishimira Aho Ageze Akorana Na Bagenzi Be
Next Article DRC Mu Ihurizo Ryo Kumenya Abo Izemerera Gucukura Petelori
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Uganda: Abaturage Bagiye Guhabwa Irangamuntu Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu mahanga

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?