Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biruta Yashimiye Kagame Utaribagiwe Igihugu Cye N’Ubwo Atagikuriyemo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Biruta Yashimiye Kagame Utaribagiwe Igihugu Cye N’Ubwo Atagikuriyemo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 June 2024 6:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi wa PSD Dr. Vincent Biruta yavuze ko ishyaka ayoboye ryahisemo gufatanya na FPR-Inkotanyi mu kwamamaza Paul Kagame kubera ko akunzwe mu Rwanda akubahwa mu mahanga.

Avuga ko kuba Kagame atiribagiwe igihugu atakuriyemo kubera ubuhunzi, ari ikintu cy’ingenzi akwiye gushimirwa, abanyamuryango ba PSD bakazatora umukandida wa FPR-Inkotanyi wiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika.

Kagame muri Ngororero aho yabanje kwiyamamariza, yaganirije abari baje kumva ibyo ateganya kuzakora natorwa.

Yababwiye ko kuba yatorwa 100% ntaho bihabanye na Demukarasi kuko n’abatorerwa kuri 15% nabo baba bakurikije iyo Demukarasi yabo.

Yabashimiye ko baje ari benshi kumva uko yiyamaza.

Vincent Biruta yashimye ko Paul Kagame yazirikanye igihugu yavukiyemo ariko ntagikuriremo kubera ubuhunzi, avuga ko kuba yaragarutse akakibohora kikaba kimeze neza ari iby’agaciro.

Avuga ko ibyo ari bimwe mu byatumye abayoboke b’ishyaka PSD bumva batewe ishema ryo gushyigikira umukandida wa FPR-Inkotanyi ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, uwo akaba ari Kagame.

Andi mashyaka afatanyije na FPR mu kwamamaza Kagame ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ni PL, PDC, PPC, PSP, PSR, PDI na UDPR.

Nyuma yo kurangiza kwiyamamariza muri Ngororero, Kagame yakomereje ukwiyamamaza kwe muri Muhanga mu Murenge wa Shyogwe.

Kuri uyu wa Kabiri, kwiyamamaza kwa Paul Kagame kurakomereza mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyamirambo ahitwa mu Miduha.

TAGGED:AmatoraBirutafeaturedKagameNgororero
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Avuga Ko FPR Yaciye Ubuhunzi
Next Article Nyarugenge: Aho Kagame Agiye Kwiyamamariza Haramutse Hate?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?