Bugesera: Amakamyo Yajyaga i Burundi Arasabwa Guca Muri Tanzania

Icyemezo cy’Uburundi cyo gufunga imipaka yabwo yose ibuhuza n’u Rwanda cyatangiye kugira ingaruka kubera ko nk’uko byazindutse bigaragara, nta kamyo yemerewe guca ku mupaka wa Nemba mu Karere ka Bugesera igana mu Burundi.

Ni ikamyo iyo ari yo yose yaba iy’u Rwanda cyangwa iy’ikindi gihugu kigeza ibicuruzwa mu Burundi biciye mu Rwanda.

Zose zategetswe guca ku mupaka wa Tanzania uca mu Karere ka Kirehe ukabona gukomereza mu Burundi.

- Advertisement -

Bagenzi bacu ba Flash Radio&TV  bagiye ku mupaka wa Nemba bahasanze umurongo muremure w’amakamyo yari agiye mu Burundi ariko yangirwa kwamukambuka.

Basanze kandi nta Munyarwanda ujya cyangwa uva mu Burundi.

Ingaruka Zo Kuba Uburundi Bwafunze Umupaka N’U Rwanda Ni Nyinshi- Teddy Kaberuka

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version