Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Buravani Umuhanzi Wari Inyamamare Amaze Imyaka Ibiri Atabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Buravani Umuhanzi Wari Inyamamare Amaze Imyaka Ibiri Atabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2024 12:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imyaka ibaye ibiri umuhanzi wari inyamamare kurusha benshi mu Rwanda Yvan Buravani atabarutse.

Taliki 17, Kanama, 2022 nibwo inkuru mbi yasesekaye ko Burabyo Yvan yapfuye nyuma y’igihe runaka yari amaranye uburwayi, akaba yarapfuye afite imyaka 27.

Yari yarivurije mu Rwanda, biranga ajya muri Kenya biranga akomereza mu Buhinde biranga indwara iramuhitana.

Yvan Buravani yavukiye i Gikondo mu mujyi wa Kigali, akaba yari bucura mu bana batandatu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Impano ye yamenyekanye ubwo yabaga uwa kabiri mu marushanwa ya muzika ku rwego rw’igihugu, icyo gihe yari afite imyaka 14.

Indirimbo ‘Malaika’ yasohoye mu 2016 iri mu zakunzwe cyane mu Rwanda zituma yamamara.

Mu mwaka wa  2018 yegukanye igihembo mpuzamahanga cya Prix Découvertes gitegurwa na RFI ifatanyije na UNESCO n’umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa, OIF.

Izindi ndirimbo ze nka ‘Just Dance’, ‘Si Belle’, ‘Ye Ayee’, cyangwa iyitwa ‘Garagaza’ yakoranye na Se Michael Burabyo, zarakunzwe cyane.

Abahanzi Masamba Intore na Ruti Joel bavuga ko mu gitaramo bateganya kuzakora mu gihe gito kiri imbere, bazibuka ubuhanga bw’uriya muhanzi wapfuye akiri muto, asigira benshi intimba no kumukumbura.

- Advertisement -
TAGGED:BuravanifeaturedIndirimboUkunzweUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sudani Y’Epfo: Gutegura Amatora Bikomeje Kunanirana
Next Article Abanyarwanda Baraburirwa Kudakoresha Vinѐgre Zakuwe Ku Isoko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?