Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Urukiko Rurinda Itegeko Nshinga Rwemeje Ibiherutse Kuva Mu Matora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Urukiko Rurinda Itegeko Nshinga Rwemeje Ibiherutse Kuva Mu Matora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 June 2025 7:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uru rukiko rwanzuye ko ibiherutse gutangazwa ko byavuye mu matora bigatangazwa na Komisiyo y’amatora CENI ari ukuri kandi ko nta buriganya bwabiranzwemo.

Aya matora yabaye Tariki 05, Kamena, 2025, aba iy’abayobora za Komini n’iy’abagize Inteko ishinga amategeko.

Nk’uko biteganywa n’ingengabihe ya Komisiyo y’amatora, CENI, Tariki 20, Kamena, 2025 nibwo Urukiko rurinda Itegeko Nshinga ry’Uburundi rwagombaga gutangaza uko rwasanze ibyavuye mu matora bimeze.

Perezida warwo witwa Valentin Bagorikunda avuga ko ibyo abavugaga ko hari amajwi yibwe cyangwa ko hari ibyagenze nabi muri ariya matora bibeshyaga, ko nta shingiro byari bifite.

Ishyaka riri k’ubutegetsi mu Burundi CNDD/FDD ryagize amajwi 108 muri 111 agize abagize Inteko ishinga amategeko y’Uburundi, andi itatu isigaye ikaba iy’Abatwa nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga ry’Uburundi.

Reverien Ndikuriyo, Umunyamabanga Nshingwabikorqa w’Ishyaka CNDD-FDD yari ahari.

Abagize Inteko ishinga amategeko y’Uburundi bazakora akazi mu gihe cy’imyaka itanu ni ukuvuga hagati ya 2025 na 2030.

TAGGED:AmatorafeaturedIntambaraKomisiyoNdikuriyo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Ingamba Za Guverinoma Zahinduye Ubuzima Bw’Abanyarwanda
Next Article Rwanda: Ubumenyi Bw’Icyongereza Mu Barimu Buracagase
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?