Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Congo-Kinshasa Irakataje Mu Gushaka Kuyobora SADC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Congo-Kinshasa Irakataje Mu Gushaka Kuyobora SADC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 July 2021 1:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukandida wa Repubulika ya Demukarasi  ya Congo, Bwana Faustin Luanga yageze i Harare muri Zimbabwe gushaka amajwi ya kiriya gihugu kugira ngo azabe ari we uba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango w’ibihugu bigamije ubufatanye mu bukungu byo mu Majyepfo y’Afurika, SADC.

Repubulika ya Demukarasi ya Congo ishyigikiwe na Angola muri uru rugendo rwo kuyobora uriya Muryango.

Amatora yo kuyobora uyu muryango ateganyijwe kuzama muri Kanama, 2021.

Muri iki gihe SADC iyobowe na Mozambique ariko Umunyamabanga mukuru wa SADC akaba ari Umunyatanzaniyakazi witwa Stergomena Lawrence Tax.

Faustin Luanga ari i Harare, akaba yahuye na Perezida Emmerson Mnangagwa bagirana ibiganiro mu muhezo.

Kuri uyu wa Kabiri yari yahuye na Perezida wa Angola  Bwana João Lourenço, uyu akaba ari mu bakuru b’ibihugu bishyigikiye Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Umukandida wa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, Bwana Faustin Luanga yageze i Harare

Iyi SADC niyo iherutse kubabazwa n’uko Mozambique yemeranyije n’u Rwanda ko rwoherezayo ingabo zo guhashya abarwanyi bayogoje Mozambique guhera mu mwaka wa 2017.

SADC yavugaga ko mbere y’uko Mozambique yemerera u Rwanda, yagombaga kubanza kubiganiraho n’ubuyobozi bwa SADC.

TAGGED:AngolaCongofeaturedMozambiqueRwandaSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uyobora Ishyaka Ritavuga Rumwe Na Leta Ya Tanzania Yatawe Muri Yombi
Next Article Uko Byagenze BPR Plc Ikisanga Mu Maboko Ya KCB Group
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda

You Might Also Like

Mu Rwanda

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunya Iraq Wahoze Ari Impunzi Yatorewe Kuyobora UNHCR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abavoka Basaba Ruswa Batokoza Ubutabera- Mukantaganzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?