Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Congo-Kinshasa Irakataje Mu Gushaka Kuyobora SADC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Congo-Kinshasa Irakataje Mu Gushaka Kuyobora SADC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 July 2021 1:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukandida wa Repubulika ya Demukarasi  ya Congo, Bwana Faustin Luanga yageze i Harare muri Zimbabwe gushaka amajwi ya kiriya gihugu kugira ngo azabe ari we uba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango w’ibihugu bigamije ubufatanye mu bukungu byo mu Majyepfo y’Afurika, SADC.

Repubulika ya Demukarasi ya Congo ishyigikiwe na Angola muri uru rugendo rwo kuyobora uriya Muryango.

Amatora yo kuyobora uyu muryango ateganyijwe kuzama muri Kanama, 2021.

Muri iki gihe SADC iyobowe na Mozambique ariko Umunyamabanga mukuru wa SADC akaba ari Umunyatanzaniyakazi witwa Stergomena Lawrence Tax.

Faustin Luanga ari i Harare, akaba yahuye na Perezida Emmerson Mnangagwa bagirana ibiganiro mu muhezo.

Kuri uyu wa Kabiri yari yahuye na Perezida wa Angola  Bwana João Lourenço, uyu akaba ari mu bakuru b’ibihugu bishyigikiye Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Umukandida wa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, Bwana Faustin Luanga yageze i Harare

Iyi SADC niyo iherutse kubabazwa n’uko Mozambique yemeranyije n’u Rwanda ko rwoherezayo ingabo zo guhashya abarwanyi bayogoje Mozambique guhera mu mwaka wa 2017.

SADC yavugaga ko mbere y’uko Mozambique yemerera u Rwanda, yagombaga kubanza kubiganiraho n’ubuyobozi bwa SADC.

TAGGED:AngolaCongofeaturedMozambiqueRwandaSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uyobora Ishyaka Ritavuga Rumwe Na Leta Ya Tanzania Yatawe Muri Yombi
Next Article Uko Byagenze BPR Plc Ikisanga Mu Maboko Ya KCB Group
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?