Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Corporal Yishe Jenerali W’Ingabo Z’Igihugu Cye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Corporal Yishe Jenerali W’Ingabo Z’Igihugu Cye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 November 2022 7:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha ashyira ay’urukerera ku wa Kabiri , umusirikare ufite ipeti rya Corporal  yagongesheje imodoka  ufite ipeti rya Brigadier General aramwica.  Uwakoze ibi yitwa Corporal Abayomi Ebun n’aho uwishwe ni Brig General O.A. James wari ushinzwe imari mu gisirikare cya Nigeria.

Ikinyamakuru kitwa Premium Times  cyavuze ko byabanje gucecekwa kugira ngo bidateza igikuba mu bantu ariko nyuma biza kumenyekana.

Brigadier General O.A. James ngo yari arimo atembera mu kigo, aza kugongwa n’uriya musirikare muto bivugwa ko yari yasinze.

Umwe mu babibonye avuga ko uriya musirikare yari yasinze cyane kandi ngo yatwaraga iriya modoka yihuta, aza kugonga Jenerali wigenderaga bimuviramo urupfu.

Mbere y’uko apfa, babanje kumujyana kwa muganga ariko biranga ahasiga ubuzima.

Ukurikiranyweho kwica uriya musirikare, yarafashwe ajyanwa mu rwego rw’ubugenzacyaha bwa gisirikare ngo agire ibyo abazwa.

Si ubwa mbere ariko muri iki gihugu habaye ibintu nk’ibi, kubera ko hari n’ubwo umwe mu bashinzwe umutekano yatemesheje umuhoro uwahoze yungirije uyobora Inteko ishinga amategeko muri imwe mu Ntara nyinshi z’iki gihugu nk’uko ikinyamakuru kitwa Legit.ng cyabyanditse.

Kugeza ubwo iyi nkuru yandikwaga, igisirikare cya Nigeria nta tangazo cyari cyasohoye  ku nkuru nk’iyi yo gutakaza Umujenerali azize ubusinzi bwa Caporal.

TAGGED:GusindaimodokaNigeriaUmusirikare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Huye: Umurundi Yapfushije Ihene 16 Zihiriye Mu Kiraro
Next Article COMESA Iri Kwiga Uko ICT Yakongererwa Imbaraga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?