Connect with us

Mu Rwanda

Dosiye Ya Kazungu Yageze Mu Bushinjacyaha

Published

on

Yisangize abandi

Taarifa yamenye ko kuri uyu wa Mbere taliki 11, Nzeri, 2023 ari bwo dosiye ya Denis Kazungu yagejejwe mu bushinjacyaha.

Akurikiranyweho ubwicanyi, gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gukoresha ibikangisho mu kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.

Inkuru ya Kazungu Denis imaze iminsi ivugwa mu itangazamakuru kubera ko abantu benshi batangaye bumvise ko yicaga abantu akabahamba mu cyobo yari yaracukuje aho yari acumbitse mu Kagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro.

Ibya Kazungu W’I Busanza Birimo Amayobera

 

Author

Copyright © 2020-2023 - Kinyarwanda Version