Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Yajugunye Uruhinja Yari Akibaruka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Yajugunye Uruhinja Yari Akibaruka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2023 8:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagenzi batoraguye uruhinja bigaragara ko ari bwo rwari rukivuka Nyina yarutaye ku nzira iri mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo.

Iyi nkuru yamenyekanye kuri uyu wa 23, Ukuboza, 2023 ubwo abaturage babigezaga ku buyobozi.

Abatoye uwo mwana bavuga ko bamusanze ku kayira kagabanya Umurenge wa Remera n’Umurenge wa Kimironko, yombi iba mu Karere ka Gasabo.

Umwe muri abo baturage yabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ati: “ Uyu munsi ku manywa, hano Nyabisindu niho twatoye umwana, ni ku kayira k’abanyamaguru bigaragara ko byakozwe mu rukerera. Ni uruhinja rwari rukivuka.”

Byabereye ahitwa Nyagatovu aho Remera igabanira na Kimironko

Barusanze rwanegekaye kubera kurira no kutonka, umwuka warubanye muke.

Ubuyobozi bw’ibanze n’inzego z’umutekano bahuruye barugeza kwa muganga ngo barwiteho, hahita hatangira iperereza ryo kumenya uwo mubyeyi gito wataye ikibondo cye ku gasozi.

Ubwo iyi nkuru yandikwaga, nta makuru y’uwabikoze yari yamenyekanye.

TAGGED:GasaboKimironkoNyabisinduRemeraUbuyoboziUmubyeyiUmutekanoUruhinja
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abepisikopi Ba DRC Bamaganye Icyemezo Cya Papa Ku Batinganyi
Next Article Rwanda: Kwishyura Imisoro Imwe N’Imwe Byigijwe Imbere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?