Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Yajugunye Uruhinja Yari Akibaruka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Yajugunye Uruhinja Yari Akibaruka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2023 8:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagenzi batoraguye uruhinja bigaragara ko ari bwo rwari rukivuka Nyina yarutaye ku nzira iri mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo.

Iyi nkuru yamenyekanye kuri uyu wa 23, Ukuboza, 2023 ubwo abaturage babigezaga ku buyobozi.

Abatoye uwo mwana bavuga ko bamusanze ku kayira kagabanya Umurenge wa Remera n’Umurenge wa Kimironko, yombi iba mu Karere ka Gasabo.

Umwe muri abo baturage yabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ati: “ Uyu munsi ku manywa, hano Nyabisindu niho twatoye umwana, ni ku kayira k’abanyamaguru bigaragara ko byakozwe mu rukerera. Ni uruhinja rwari rukivuka.”

Byabereye ahitwa Nyagatovu aho Remera igabanira na Kimironko

Barusanze rwanegekaye kubera kurira no kutonka, umwuka warubanye muke.

Ubuyobozi bw’ibanze n’inzego z’umutekano bahuruye barugeza kwa muganga ngo barwiteho, hahita hatangira iperereza ryo kumenya uwo mubyeyi gito wataye ikibondo cye ku gasozi.

Ubwo iyi nkuru yandikwaga, nta makuru y’uwabikoze yari yamenyekanye.

TAGGED:GasaboKimironkoNyabisinduRemeraUbuyoboziUmubyeyiUmutekanoUruhinja
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abepisikopi Ba DRC Bamaganye Icyemezo Cya Papa Ku Batinganyi
Next Article Rwanda: Kwishyura Imisoro Imwe N’Imwe Byigijwe Imbere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?