Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Yubatse Ikigo Nderabuzima Cyo Kunganira Ababyeyi Bivuriza Kibagabaga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Gasabo: Yubatse Ikigo Nderabuzima Cyo Kunganira Ababyeyi Bivuriza Kibagabaga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 July 2023 11:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwandakazi Merry Balikungeri yubatse ikigo nderabuzima i Gacuriro ahitwa mu Umucyo Estate kugira ngo abagore batuye hafi aho bajye babona aho bivuriza bitabasabye kujya mu Bitaro bya Kibagabaga.

Bamwe mu bagore baturiye icyo gice bagirwaga no kugera ku bitaro bya Kibagabaga bitewe n’intera iri hagati yabyo n’aho batuye ndetse n’ubukana bw’uburwayi bufata bamwe na bamwe bubatunguye.

Balikungeri yabwiye Taarifa ko yubatse ikigo nderabuzima agamije gutanga umusanzu we mu mibereho myiza y’Abanyarwanda muri rusange n’iy’Abanyarwandakazi by’umwihariko.

Iki kigo kiri mu Kagari ka Gacuriro, Umurenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Balikungeri avuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi ikirangira ndetse no mu yindi myaka yakurikiyeho, Abanyarwandakazi bari bakeneye ubuvuzi bwihutirwa.

Balikungeri yeretse abashyitsi serivisi zitangirwa mu kigo nderabuzima yubatse

Ashimira Leta y’u Rwanda ko yagize uruhare mu gushyiraho uburyo buhamye bwo kubaka ubukungu, bityo uwo ari we wese ubishoboye akarufasha gutera imbere.

Ati: “ Icyo nashimira Leta ni uko yashyizeho uburyo bwo gufasha abantu bose gutekana bityo buri wese agakora ikimuteza imbere atibagiwe n’abandi”.

Ashima abamuteye inkunga yo kuvugurura kiriya kigo kugira ngo gikomeze gufasha abakigana.

Yabwiye Taarifa ko yakivuguruye ku nkunga ya Miliyoni Frw 100 ikigo Rwanda Women’s Network ayobora cyahawe n’ikigo Towers Of Strength.

- Advertisement -

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kinyinya Charles Havuguziga ashima ko kiriya kigo cyaje kunganira ibitaro bya Kibagabaga kuko yakira kandi akavura abaturage bakoresha ubwisungane mu buvuzi.

Umurenge wa Kinyinya iki kigo cyubatswemo ugizwe n’utugari tune aritwo Gacuriro, Gasharu, Kagugu na Murama.

Mu cyumba aho baganirira ku ntego z’akazi
TAGGED:AbagoreAbanyarwandakazifeaturedIkigoKinyinyaUbuzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rw’Abanyarwanda Baba Hanze Yarwo Rwaganirijwe Na Polisi Y’u Rwanda
Next Article Aborora Inkoko Kijyambere Ni 32%- Dr. Uwituze Wo Muri RAB
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?