Gicumbi: Umukozi W’Umurenge Yibwiye Umugore We Ko Agiye Kwiyahura Birapfuba

Umukozi w’Umurenge wa Ruvune, mu Ka Gicumbi witwa Habakurama Jean Paul w’imyaka 41 akaba asanzwe ashinzwe kwakira abantu (Customer care) yabwiye umugore we kubera kumubuza amahwemo, ari bwiyahure.

Undi yagize amakenga ahamagara Polisi ku murongo utishyurwa baratabara.

UMUSEKE uvuga ko abatabaye basanze uwo mugabo afitanye amakimbire akomeye n’umugore we, baramufata bamujyana kwa muganga ngo aganirizwe.

Iby’uko ari bwiyahure yari yabimubwiye mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 03, Mutarama, 2024.

- Advertisement -

Amakuru avuga ko amakimbirane muri uru rugo yari akomeye k’uburyo bari hafi gusaba gatanya.

 

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version