Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverineri Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yafungiwe ‘Kuyisahura’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Guverineri Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yafungiwe ‘Kuyisahura’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 October 2023 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dieudonné Murengerantwari wari umaze igihe gito ari Guverineri wa Banki nkuru y’Uburundi akaba yaratawe muri yombi taliki 07, Ukwakira, 2023, yamenyeshejwe n’ubushinjacyaha ibyo aregwa birimo no kuyisahura; amafaranga akayakoresha mu nyungu ze.

Mu bindi Ubushinjacyaha bwa Repubulika y’Uburundi bumurega, harimo no gutuma ubukungu bw’Uburundi buzahara.

Umushinjacyaha mukuru wa  Repubulika witwa Léonard Manirakiza yaraye abwiye urukiko ko Murengerantwari areganwa n’umwe mu bacuruzi bakomeye mu Burundi witwa Sylvestre Niyonsaba.

Yaburiye kandi abantu bose bari bazi ibikorerwa muri Banki Nkuru y’Uburundi ariko bakaruca bakarumira ko nabo bitazabagwa amahoro.

Guhera taliki 08, Ukwakira, 2023 Banki Nkuru y’Uburundi iyoborwa na Edouard Normand Bigendako.

Indi nkuru bijyanye:

Guverineri Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yatawe Muri Yombi

TAGGED:BankiBurundifeaturedGusahuraGuverineriUbushinjacyaha
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Bafashwe Bacukura Icyobo Cyo Gutamo Umwana Bikekwa Ko Bishe
Next Article Putin Ku Kibazo Cya Israel Na Hamas Ati: ‘ Niba Abagabo Bahisemo Kurwana Nimubareke’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?