Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Kuganirwa Uko Mu Rwanda Hakubakwa Ikigo Kigisha Kubungabunga Amahoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Hari Kuganirwa Uko Mu Rwanda Hakubakwa Ikigo Kigisha Kubungabunga Amahoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 February 2024 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda bwagiranye inama n’ubw’Ikigo cy’Amahugurwa n’Ubushakashatsi cy’Umuryango w’Abibumbye (UNITAR) mu rwego rwo kurebera hamwe uko mu Rwanda hakubakwa ikigo cy’icyitegererezo cyigisha kubungabunga amahoro.

Ibiganiro kuri iyi ngingo byabereye ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura, bikaba byari biyobowe n’Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, General Mubarakh Muganga.

u Rwanda ruri kureba uko rwakubakwamo ikigo kigisha ibyo kubungabunga amahoro ku isi.

Muganga yavuze ko mu mwaka wa 2004 ari bwo u Rwanda rwatangiye ibyo kugarura no kubungabunga amahoro hirya no hino ku isi aho rwitabajwe.

Bivuze ko rumaze kubigiramo ubunararibonye ku buryo rwasangiza amahanga ibyo rwakoze n’akamaro byagiriye abasivili.

Icyakora  ngo haburaga urubuga rwo gusangizanya amasomo kandi hari byinshi byo gusangizanya no kwigiranaho.

U Rwanda rufite abapolisi n’abasirikare mu bice bitandukanye by’isi aho rwabohereje binyuze mu butumwa bwa UN ndetse no mu buryo bw’ubwumvikane hagati y’igihugu n’ikindi nk’uko bimeze hagati ya Kigali na Maputo muri Mozambique.

Mu bihe n’ahantu hatandukanye abasirikare n’abapolisi barwo bahawe imidali y’ishimwe kubera umurimo bakoze mu kugarura no kubungabunga amahoro.

TAGGED:featuredMugangaPolisiRwandaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingengo Y’Imari Nke Mu Kudindiza Iterambere Mu Majyaruguru
Next Article Ubukungu Bw’u Rwanda Buzazamukaho 7%-PM Ngirente
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Minisitiri Ingabire Yabwiye Isi Uko u Rwanda Rwimakaje Ikoranabuhanga

Umusaruro Wa RSSB Wikubye Kabiri Mu Myaka Itatu

Uko DJ TOXXYK Yireguye Mbere Y’Uko Hemezwa Ko Afungwa By’Agateganyo

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbukungu

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?