Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibiganiro Birakomeje Hagati Y’Ingabo Za Uganda N’iza DRC Mu Kurandura ADF
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Ibiganiro Birakomeje Hagati Y’Ingabo Za Uganda N’iza DRC Mu Kurandura ADF

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 November 2024 11:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi bakuru mu ngabo za Uganda n’iza Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Kane taliki 07, Ugushyingo batangiye kuganira uko imikoranire mu kurandura ADF yakongerwamo imbaraga.

Ibyo biganiro bije nyuma yo guhura kw’abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byombi byabaye mu Cyumweru gishize.

Icyo gihe General Muhoozi na Gen Tshiwewe baganiriye uko Uganda yakongera ingabo zayo muri DRC ikarushaho gukorana n’ingabo z’iki gihugu mu kwigezayo abarwanyi ba ADF.

Kubirukana bizajyanirana no kubaka imihanda izafasha mu buhahirane hagati y’ibi bihugu.

Inama hagati y’abayobozi b’ingabo bavuzwe haruguru yatangiye kuri uyu wa Kane taliki 07, Ugushyingo, 2024 ibera mu Mujyi wa Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bazaganira kandi kureba uko ibikorwa bya gisirikare muri kiriya gice byakomereza no muri Lubero, muri Ituri n’ahandi.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo hari butangazwe ibyo impande zombi zemeranyije.

TAGGED:CongoDRCIngaboMuhooziUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umusaza W’i Gisagara Yafatiwe Ku Rusumo Ahunga Igihano Cya Gacaca
Next Article U Rwanda Rugiye Kubaka Urundi Ruganda Rukora Ibyuma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?