Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibiro Bya Twitter Muri Afurika Byafunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ibiro Bya Twitter Muri Afurika Byafunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 November 2022 7:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Impinduka mu mikorere ya Twitter nyuma yo kugurwa n’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk, zari gukora kuri benshi. Mu masaha make ashize, abakoreraga iki kigo mu ishami ryacy muri Afurika batunguwe no kubona email iturutse ibukuru ibubikira imbehe. Ubwo butumwa bwababwiraga ko akazi kabo mu ishami rya kiriya kigo ryari riri i Accra muri Ghana karangiye!

Email yaturutse mu buyobozi bukuru bwa Twitter igenewe abakozi bayo i Accra igira iti: “ Ikigo kiri gushyira ibintu mu bundi buryo. Niyo mpamvu tubabajwe no kubagezaho ubutumwa bw’uko akazi kanyu kahagaritswe kuva mukibona ubu butumwa. Turi kugabanya amafaranga twasohoraga.”

Ibi Biro bifunze bitamaze kabiri kuko byafunguwe muri Mata, 2021.

Twitter ya Musk imaze guhagarika akazi k’abantu 3,700.

Elon Musk aherutse koherereza abakozi ba Twitter ko bagomba gukenyera bagakomeza kuko akazi kabategereje ari kanini cyane.

Ubu Twitter irateganya ko buri mukozi wayo azajya akora amasaha 40 mu Cyumweru kandi ngo iminsi ya off ntizajya ihabwa umuntu uwo ari we wese kereka uwanditse ubusaba bigasumirwa ishingiro.

Ikindi Musk yavuze ni uko abakozi bose ba Twittter bagomba gutangira kujya bakorera mu Biro aho gukorera mu ngo zabo.

TAGGED:AbakozifeaturedIkoranabuhangaMuskTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Yafatanywe $3,000 Y’Amiganano
Next Article James Na Daniella Baritegura Gutaramira Abarundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?