Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibiro Bya Twitter Muri Afurika Byafunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ibiro Bya Twitter Muri Afurika Byafunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 November 2022 7:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Impinduka mu mikorere ya Twitter nyuma yo kugurwa n’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk, zari gukora kuri benshi. Mu masaha make ashize, abakoreraga iki kigo mu ishami ryacy muri Afurika batunguwe no kubona email iturutse ibukuru ibubikira imbehe. Ubwo butumwa bwababwiraga ko akazi kabo mu ishami rya kiriya kigo ryari riri i Accra muri Ghana karangiye!

Email yaturutse mu buyobozi bukuru bwa Twitter igenewe abakozi bayo i Accra igira iti: “ Ikigo kiri gushyira ibintu mu bundi buryo. Niyo mpamvu tubabajwe no kubagezaho ubutumwa bw’uko akazi kanyu kahagaritswe kuva mukibona ubu butumwa. Turi kugabanya amafaranga twasohoraga.”

Ibi Biro bifunze bitamaze kabiri kuko byafunguwe muri Mata, 2021.

Twitter ya Musk imaze guhagarika akazi k’abantu 3,700.

Elon Musk aherutse koherereza abakozi ba Twitter ko bagomba gukenyera bagakomeza kuko akazi kabategereje ari kanini cyane.

Ubu Twitter irateganya ko buri mukozi wayo azajya akora amasaha 40 mu Cyumweru kandi ngo iminsi ya off ntizajya ihabwa umuntu uwo ari we wese kereka uwanditse ubusaba bigasumirwa ishingiro.

Ikindi Musk yavuze ni uko abakozi bose ba Twittter bagomba gutangira kujya bakorera mu Biro aho gukorera mu ngo zabo.

TAGGED:AbakozifeaturedIkoranabuhangaMuskTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Yafatanywe $3,000 Y’Amiganano
Next Article James Na Daniella Baritegura Gutaramira Abarundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?