Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Abaturage Bifuza Ko Perezida Kagame Azavugaho Mu Kiganiro Na RBA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Ibyo Abaturage Bifuza Ko Perezida Kagame Azavugaho Mu Kiganiro Na RBA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 September 2021 4:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari abaturage bifuza ko mu kiganiro Perezida Kagame azaha Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, yazagaruka ku cyo bise ‘ikibazo cy’utubari’ tumaze imyaka ibiri dufunzwe.

Ndererehe avuga ko Umukuru w’igihugu yazagaruka kuri iki kibazo kuko hari abo utubari twari dutunze, ubu babuze imikorere bakaba babayeho nabi.

Ati: “ Sinzi niba biri mubyo bazamubaza ariko njye nifuza ko yazagaruka ku tubari kuko tumaze igihe dufunzwe kandi abo twari twarahaye akazi nabo ni Abanyarwanda … Nk’umubyeyi w’igihugu azagire icyo abivugaho rwose.”

Gatera we yifuza ko Perezida Kagame yazagaruka ku kibazo cy’imikino mu Rwanda ikomeje kuvugwa mo ibibazo.

Avuga ko mu rwego rw’imikino Perezida Kagame yazagira icyo avuga ku ngingo y’uko abafana bakongera gusubira ku bibuga kuko ngo harakumbuwe.

Kitenge wo mu Karere ka Kirehe, Umurenge wa Gatore we yabwiye Taarifa ko yifuza ko Perezida Kagame yazagira icyo avuga ku baturage muri iki gihe bakubita abayobozi, atanga urugero rw’ibiherutse kuba kuri Meya wa Bugesera Bwana Richard Mutabazi uvugwaho gukubitirwa kwa Mudugudu.

Byabereye  mu Murenge wa Ngeruka, Akagari ka Murama, Umududugu w’Ikoni ubwo yasangaga abantu bari kunywera inzoga mu rugo rw’Umukuru w’Umudugudu w’aho.

Kitenge avuga ko bidakwiye ko abaturage bigomeka ku buyobozi, ariko nanone agasaba Umukuru w’Igihugu kuzacyebura abayobozi bamwe na bamwe bashobora kuba bitiyubahisha imbere y’abo bayobora bikaba byabaviramo gusagarirwa.

Hari undi muturage usaba Perezida Kagame kuzagira icyo avuga ko ntambara ingabo z’u Rwanda zagiyemo muri Mozambique, akagira icyo abwira Abanyarwanda kuri iriya ntambara.

Ati: “ Nicyo kiganiro cya mbere azakora nyuma y’uko ingabo z’u Rwanda zagiye muri Cabo Delgado, rwose azagire acyo abivugaho.”

Undi witwa Karemera yifuza ko Perezida Kagame yazagira icyo avuga ku kwakira abanyeshuri bo muri Afghanistan bahawe ikaze mu Rwanda nyuma y’uko Abatalibani bigaruriye Afghanistan.

Mu mahanga ya bugufi kandi asaba ko Perezida Kagame yazagira icyo avuga ku mubano u Rwanda rufitanye n’u Burundi muri iki gihe no kuwo rufitanye na Uganda.

Ibyo ni bimwe mu byo abaturage bumva Perezida Kagame yazagarukaho mu kiganiro azaha RBA kuri iki Cyumweru tariki 05, Nzeri, 2021.

TAGGED:AbaturageAfghanistanCabo DelgadofeaturedIngaboKagameMeyaMutabaziRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bimwe Mu Byo Perezida Kagame Azagarukaho Mu Kiganiro Azaha RBA
Next Article Perezida Kagame Yazamuye Mu Ntera Abasirikare Babiri Bakuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Ingabo Za Israel Zasanze Igitabo Cya Hitler Mu Biro Bya Hamas 

Rwanda: Abaturage Bagiye Kwegerezwa Ibigo Byigisha Ikoranabuhanga

Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi

Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Kenya: Batatu Mu Baje Gusezera Kuri Odinga Barasiwe Kuri Stade

Hamas Yavuze Ko Abo Yabonye Bose Yabashyikirije Israel

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Gasana Alfred Wari Ambasaderi Mu Buholandi Yagizwe Senateri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Amadini N'IyobokamanaAndi makuruMu Rwanda

RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingiye No Kubo Mufatanya- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?