Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igitaramo Cya The Ben Kizagongana N’Icya Pallaso Uzwi Cyane i Kampala
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Igitaramo Cya The Ben Kizagongana N’Icya Pallaso Uzwi Cyane i Kampala

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 April 2025 8:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
The Ben.
SHARE

Haribazwa ingano y’abazaza mu gitaramo cy’Umunyarwanda Mugisha Benjamin, The Ben, giteganyijwe kuzabera muri Kampala Serena Hotel  cyane ko kizagongana n’icy’umwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda witwa Pallaso.

Icya Pallaso cyo kizabera i Lugogo Cricket Oval, byombi bikazaba tariki 17, Gicurasi, 2025.

Nubwo buri gitaramo gishobora kuzabona abakitabira, hari abemeza ko iyo byombi bitabera itariki imwe, byari burusheho kwitabirwa.

Abanyarwanda baba muri Uganda nabo bari mu bakunda Pallaso ariko bagakunda na mwenewabo The Ben bityo bakumva ko iyo amataliki y’ibirori byabo adahuzwa, bari bwitabire buri gitaramo batuje kandi ku bwinshi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Pallaso

Itangazamakuru rivuga ko hari abahanzi bakomeye muri Uganda bashakaga kuzafasha The Ben mu gitaramo cye, ariko bahura n’iyo mbogamizi y’uko kuri uriya munsi hari mugenzi wabo nawe ufite ibyo birori.

Abo ni José Chameleone, Pallaso na Weasel.

The Ben amaze iminsi akora ibitaramo byo kumenyekanisha album ye ‘The Plenty Love’, akaba yarabikoreye hirya no hino ku isi, harimo i Kigali aho yarabitangiriye hari kuwa 01, Mutarama, 2025, bikomereza i Burayi , muri Uganda no muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

TAGGED:IgitaramoPallasoThe BenUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yihanganishije Kiliziya Gatulika Ku Rupfu Rwa Papa Francis
Next Article Ruto Yagiye Mu Bushinwa Kuganira K’Ubukungu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?