Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ijisho Ry’Umuhanzi Ni Isoko Y’Ubuhanga Bwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ijisho Ry’Umuhanzi Ni Isoko Y’Ubuhanga Bwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2022 4:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ibyemezwa n’abagore babiri bihuje bashinga Ikigo cy’ubucuruzi bushingiye ku buhanzi bwo gusiga amarangi. Icyo kigo bakise Ubudasa Wall Paint. Iyo ubabajije uko bagera ku ntego yabo yo gusiga irangi ryiza kandi neza, bakubwira ko babishobozwa no kwitegereza ibidukikije bakareba niba ntacyo byabigisha cyatuma  banoza umurimo wabo.

Mu ntego zabo habamo gusiga irangi rihangana n’ubuhehere ku nkuta zigasubirana ubwiza zahoranye cyangwa zikagira ubwo zitigeze.

Mbere yo gutangiza uriya mushinga, ngo babanje gukora ubushakashatsi baza kubona ko hari inzu nyinshi zituwemo cyangwa zikorerwamo zifite ikibazo cyo kugira ubuhehere bwinshi bugatuma zangirika.

Mu kazi kabo bemeza ko bahora bihugura. Babikora binyuze mu masomo bahabwa na bagenzi babo basiga irangi baba hirya no hino ku isi.

Ibyo batumiza hanze babikura muri Turikiya, mu Bushinwa no mu Misiri.

.Aba  bakobwa bagize icyo bise Ubudasa Wall Paint bavuga ko abo bahaye Serivisi bagasiga inkuta z’inzu zabo ari bo bagabo bo guhamya ‘ubudasa bwabo’.

Zimwe mu mbogamizi bahura nazo harimo iyo kubona ibikoresho bihagije kandi hafi yabo.

N’ubwo hari ibyo batumiza hanze, ku rundi ruhande bishimira ko hari n’ibiboneka mu Rwanda.

Bafite icyizere ko gahoro gahoro ibikoresho bakenera bizaboneka mu Rwanda ku bwinshi.

Ngo hari inganda zo mu Rwanda bakorana nazo zikabafasha kubona bimwe mu bikoresho bacyenera birimo n’amarangi.

Bakorera mu Kiyovu munsi y’ahitwa La Gardienne .

Umva uko basobanura ibyo bakora:

 

TAGGED:AbakobwafeaturedIrangiUbudasa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusesabagina Ashobora Kutitaba Urukiko Mu Bujurire
Next Article DRC: V/Perezida W’Inteko Ishinga Amategeko Yeguye Kubera Ko Abamurinda Baherutse Gukubitwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?