Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ijisho Ry’Umuhanzi Ni Isoko Y’Ubuhanga Bwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ijisho Ry’Umuhanzi Ni Isoko Y’Ubuhanga Bwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2022 4:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ibyemezwa n’abagore babiri bihuje bashinga Ikigo cy’ubucuruzi bushingiye ku buhanzi bwo gusiga amarangi. Icyo kigo bakise Ubudasa Wall Paint. Iyo ubabajije uko bagera ku ntego yabo yo gusiga irangi ryiza kandi neza, bakubwira ko babishobozwa no kwitegereza ibidukikije bakareba niba ntacyo byabigisha cyatuma  banoza umurimo wabo.

Mu ntego zabo habamo gusiga irangi rihangana n’ubuhehere ku nkuta zigasubirana ubwiza zahoranye cyangwa zikagira ubwo zitigeze.

Mbere yo gutangiza uriya mushinga, ngo babanje gukora ubushakashatsi baza kubona ko hari inzu nyinshi zituwemo cyangwa zikorerwamo zifite ikibazo cyo kugira ubuhehere bwinshi bugatuma zangirika.

Mu kazi kabo bemeza ko bahora bihugura. Babikora binyuze mu masomo bahabwa na bagenzi babo basiga irangi baba hirya no hino ku isi.

Ibyo batumiza hanze babikura muri Turikiya, mu Bushinwa no mu Misiri.

.Aba  bakobwa bagize icyo bise Ubudasa Wall Paint bavuga ko abo bahaye Serivisi bagasiga inkuta z’inzu zabo ari bo bagabo bo guhamya ‘ubudasa bwabo’.

Zimwe mu mbogamizi bahura nazo harimo iyo kubona ibikoresho bihagije kandi hafi yabo.

N’ubwo hari ibyo batumiza hanze, ku rundi ruhande bishimira ko hari n’ibiboneka mu Rwanda.

Bafite icyizere ko gahoro gahoro ibikoresho bakenera bizaboneka mu Rwanda ku bwinshi.

Ngo hari inganda zo mu Rwanda bakorana nazo zikabafasha kubona bimwe mu bikoresho bacyenera birimo n’amarangi.

Bakorera mu Kiyovu munsi y’ahitwa La Gardienne .

Umva uko basobanura ibyo bakora:

 

TAGGED:AbakobwafeaturedIrangiUbudasa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusesabagina Ashobora Kutitaba Urukiko Mu Bujurire
Next Article DRC: V/Perezida W’Inteko Ishinga Amategeko Yeguye Kubera Ko Abamurinda Baherutse Gukubitwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?