Abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Twitter hirya no hino ku isi bamaze umwanya munini mu irungu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, batabasha kugira icyo barebaho...
Uyu mukire wa mbere ku isi avuga ko mu gihe kiri imbere urubyiruko rugomba kujya ruhitamo amasomo yo guhanga ibintu bishya ariko bikorerwa mu nganda. Yemeza...
Itangazo ryaturutse muri MTN Rwanda rivuga ko Telefoni zitwa Blackberry zizaba zatagikora guhera tariki 04, Mutarama, 2022. Abasanzwe bakoresha telefoni zo muri ubu bwoko zikoresha ikoranabuhanga...
Banki y’Isi yemeje inkunga ya miliyoni $100 (miliyari zisaga 100 Frw) zizafasha Guverinoma y’u Rwanda kwagura uburyo abantu bakoresha ikoranabuhanga muri serivisi za Leta no kongera...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije ubufatanye n’Ikigo cy’Abanyamerika gitanga serivisi z’ikoranabuhanga kitwa Google. Ni ikigo gikomeye kuko ari cyo gicunga ibigo byinshi by’ikoranabuhanga n’ubushakashatsi bukoresha murandasi ku...