Mark Zuckerberg kuri uyu wa Kabiri yatangaje ku mugaragaro ko ku wa Kane taliki 06, Nyakanga, 2023 azatangiza ku mugaragaro urubuga nkoranyambaga rukora nk’uko Twitter yari...
Kuri uyu wa Mbere taliki 03, Nyakanga 2023 Ubushinwa bwasohoye imodoka ikoresha amashanyarazi bivugwa ko ari yo yihuta kurusha izindi ku isi. Ishobora kwiruka ibilometero 350...
Mu rwego rwo gufasha abakiliya kudatakaza sim cards basanganywe no kudakwirakwiza plastique, ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga Airtel Rwanda, cyazanye ikoranabuhanga ribika amakuru yise e-SIM. Ni...
Ikoranabuhanga rigezweho muri iki gihe riri gukora uko rishoboye ngo hakorwe imashini zitanga amashanyarazi akomoka ku muyaga azajya atwara ubwato. Abahanga bavuga ko ubwato bugezweho muri...
Mu Mujyi wa Kigali mu Kigo cyitwa Norrsken habereye igikorwa cyo guhemba abakoze imishinga igamije gutanga ibisubizo mu rwego rw’ubuzima. Ni imishinga yakozwe mu rwego rw’ikoranabuhanga,...