Imodoka Yahiriye I Rugende Polisi Iyirinda Gukongoka

Umwe mu baturage wari uciye ku muhanda uva Kigali ugana Rwamagana mu Burasirazuba yasanze imodoka y’ivatiri iri gushya ariko Polisi iratabara irayizimya.

Yabitangarije kuri Twitter.

Byabaye mu gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki 01, Kanama, 2021.

Yafashwe n’inkongi igeze ahitwa Rugende ahaparika amakamyo manini azanye ibicuruzwa.

- Advertisement -

Polisi yatabaye isanga hari igice kinini cyayo cyahiye.

Abari bayirimo basohotsemo itarafatwa cyane.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version