Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indonesia: Indege yari irimo abantu barenga 50 yaguye mu Nyanja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Indonesia: Indege yari irimo abantu barenga 50 yaguye mu Nyanja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 January 2021 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege nini itwara abagenzi yaguye mu Nyanja itaramara igihe kinini ihagurutse ku kibuga cy’indege kiri i Jakarta muri Indonesia. Ni indege nini y’Ikigo kitwa Sriwijaya Air ikaba yari itwaye abantu barenga 50 igana ahitwa Pontianak mu karwa ka Borneo kari mu Ntara ya Kalimantan.

Umuvugizi wa Minisiteri y’ubwikorezo Madamu  Adita Irawati yavuze ko kugeza ubu bagishakisha niba hari abantu baba barokotse.

Amakuru avuga ko iriya ndege yagize ikibazo ikirangiza guhaguruka, abapilote babura uko bavugana na bagenzi babo babayobora baba basigaye ku bibuga by’indege.

Iyo  indege iguye mu mazi haba hari amahirwe make ko hari abantu bayirokoka.

Ibi niko byagenze muri 2014 ubwo indege y’ikigo bita Malaysia Airlines Flight 370 yamenyekanye nka  MH370 yari ihagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kuala Lumpur muri Malyasia igana mu Bushinwa ikagwa mu Nyanja y’Abashinwa.

Iriya ndege yagize ikibazo imaze iminota 38 ihagurutse.

TAGGED:featuredIndegeIndonesiaInyanja
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Cardinal Kambanda yifurije ijuru Padiri Ubald Rugirangoga
Next Article Clarisse Karasira yambitswe impeta n’umuntu ‘utazwi’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?