Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indonesia: Indege yari irimo abantu barenga 50 yaguye mu Nyanja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Indonesia: Indege yari irimo abantu barenga 50 yaguye mu Nyanja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 January 2021 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege nini itwara abagenzi yaguye mu Nyanja itaramara igihe kinini ihagurutse ku kibuga cy’indege kiri i Jakarta muri Indonesia. Ni indege nini y’Ikigo kitwa Sriwijaya Air ikaba yari itwaye abantu barenga 50 igana ahitwa Pontianak mu karwa ka Borneo kari mu Ntara ya Kalimantan.

Umuvugizi wa Minisiteri y’ubwikorezo Madamu  Adita Irawati yavuze ko kugeza ubu bagishakisha niba hari abantu baba barokotse.

Amakuru avuga ko iriya ndege yagize ikibazo ikirangiza guhaguruka, abapilote babura uko bavugana na bagenzi babo babayobora baba basigaye ku bibuga by’indege.

Iyo  indege iguye mu mazi haba hari amahirwe make ko hari abantu bayirokoka.

Ibi niko byagenze muri 2014 ubwo indege y’ikigo bita Malaysia Airlines Flight 370 yamenyekanye nka  MH370 yari ihagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kuala Lumpur muri Malyasia igana mu Bushinwa ikagwa mu Nyanja y’Abashinwa.

Iriya ndege yagize ikibazo imaze iminota 38 ihagurutse.

TAGGED:featuredIndegeIndonesiaInyanja
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Cardinal Kambanda yifurije ijuru Padiri Ubald Rugirangoga
Next Article Clarisse Karasira yambitswe impeta n’umuntu ‘utazwi’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?