Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Israel Zabwiwe Ko Igihe Cyose ZATERA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za Israel Zabwiwe Ko Igihe Cyose ZATERA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 October 2023 10:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ingabo za Israel yagiye aho zikambitse hafi ya Gaza azibwira ko mu gihe gito kiri imbere ziraba zinjiye muri Gaza.

Ni icyemezo Israel ifashe nyuma yo kubyemeranywaho na Amerika binyuze muri biganiro Netanyahu aherutse kugira na Joe Biden uyobora Amerika.

Yoav Gallant uyobora Minisiteri y’ingabo za Israel avuga ko ingabo ze zifite akanyabugabo ko zizatera Hamas kandi zikayitsinda.

Yoav Gallant aganira na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu

Ku rundi ruhande ariko, abasirikare bavuga ko iriya ntambara izamara igihe kirekire kubera ko ishobora kuzamo ibindi bintu birimo no kuba Hezbollah yatera igafasha Hamas iciye mu Majyaruguru ya Israel.

Israel ivuga ko yiteguye kuzasiga inegekaje Hamas ndetse ngo n’ubuso bwa Gaza buzagabanuka.

Ikindi ni uko Amerika yayemereye miliyari $ nyinshi zizayifasha muri iriya ntambara ishobora kuba ndende nk’uko bivugwa n’abayobozi b’ingabo n’abapolitiki muri Israel.

Perezida w’Amerika Joe Biden mu ruzinduko yari aherutse kugirira muri Israel yabwiye bagenzi be bayobora kiriya gihugu bagomba kwirinda guhubuka, ngo batwarwe n’umujinya babe bakwishora mu ntambara yazabagora gutsinda nk’uko Amerika byayigendekeye ubwo yateraga Iraq mu mwaka wa 2003.

TAGGED:AmerikaHamasIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kirazira Kunywera Inzoga Muri Butiki- Polisi
Next Article Rwanda: Hatangijwe Urubuga Rw’Ikoranabuhanga Rwo Guha Abana Uburere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?