Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intiti y’Umunya Guinée Yubahwaga Cyane Muri Afurika Yazize COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubumenyi Rusange

Intiti y’Umunya Guinée Yubahwaga Cyane Muri Afurika Yazize COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 March 2021 4:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Intiti ikomeye kurusha izindi muri Guinée yitwa Djibril Tamsir Niane yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki 08, Werurwe, 2021 azize COVID-19 nk’uko abo mu muryango we babivuze.

Niwe munyamateka wagize uruhare rukomeye mu kumenyesha abatuye Africa n’amahanga amateka y’ubwami bw’aba Mandingue, Ubwami bw’abami bwa Mali ndetse n’Igihe Rwagati Nyafurika( Moyen-Âge, Middle Ages).

Amateka y’Africa yayanditse afatanyije n’izindi ntiti zo mu  Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubumenyi, umuco na siyansi( UNESCO).

Yapfuye afite imyaka 89 y’amavuko, akaba yari amaze iminsi ari mu bitaro by’i Dakar muri Senegal.

Niwe wanditse igitabo cyamenyekanye mu gace Guinée  iherereyemo ni ukuvuga mu bihugu bya Mali, Cameroun, Centrafrique na Côte d’Ivoire n’ahandi.

Mu biganiro yahaga abanyamakuru yakundaga kuvuga ati: “ Umuntu agomba kumenya amakuru kugira ngo agire ibyo akorera igihugu cye afatanyije n’abo bagisangiye. Gukunda igihugu ntibyashoboka utazi amateka.”

Abize amateka y’Afurika y’i Burengerazuba bazi igikubiye muri iki gitabo

TAGGED:AfurikaGuineeIntitiMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Mahamadou Issoufou Wa Niger Yahawe Igihembo Cya Miliyoni $5
Next Article Amavubi Yatangiye Imyiteguro Y’Imikino Ya Mozambique Na Cameroon
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?