Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzovu 200 Zatorotse Pariki
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibidukikije

Inzovu 200 Zatorotse Pariki

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 May 2021 10:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Zimwe mu nzovu zabaga muri Pariki yitwa Nyerere National Park muri Tanzania mu mpera z’Icyumweru gishize zatorotse Pariki kugeza ubu ntiziratangira kugaragara. Hagati aho abayobozi bahaye impuruza ku baturage baturiye iriya pariki ko baba maso bakirinda kugira icyo basagarira mu gihe hakigeragezwa kuzishaka, bakazibona bakazisubiza muri Pariki.

Kugeza ubu habaruwe inzovu 200 zatorotse iriya pariki.

Minisitiri ushinzwe kwita ku bukerarugendo n’umutungo kamere muri Tanzania Bwana Damas Ndumbaro yavuze ko abaturage nibashaka gusagarira ziriya nyamaswa bari buhure n’akaga kuko inzovu ari inyamaswa nini igira imbaraga n’umujinya mwinshi.

Xinhua yanditse ko uduce bikekwa ko zaba zerekejemo ni utwa Namtumbo na Tunduru mu Ntara ya  Ruvuma.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bwana Damas Ndumbaro avuga ko ziriya nzovu zacitse ishyamba kubera ko hari bamwe mu borozi bayaragiyemo bigatuma inzovu zibona icyuho cyo gucamo.

Ndumbaro avuga ko ziriya nzovu zasanze ibyiza ari uguhunga ishyamba aho kugira ngo zanduzwe indwara n’inka zaje ziturutse mu biraro by’abantu aho zatewe imiti kandi icyo ari ikizira mu ishyamba.

Yunzemo kandi ko ziriya nyamaswa zahisemo kuva mu ishyamba kugira ngo zijye kona imyaka abaturage bahinze mu nkengero z’iriya pariki.

Ndumbaro avuga ko zagiye ‘kureba iyo bweze.’

Pariki yitiriwe Nyerere
TAGGED:featuredInzovuMinisitiriNyererePariki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bruce Melodie N’Umunya Senegal Mu Ndirimbo Itangiza Imikino ya BAL
Next Article ‘Bayobeje Indege’ Kugira Ngo Hafatwe Umunyamakuru Utavuga Rumwe na Leta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?