Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iran Irashinja Israel Kwica Umujenerali Wayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Iran Irashinja Israel Kwica Umujenerali Wayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2023 8:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubutegetsi bw’i Teheran bwatangaje ko buzihorera mu rupfu rw’Umujerali wabwo witwa Brig. Gen. Seyed Razi Mousavi buvuga ko aherutse kwicwa n’igitero Israel yagabye muri Syria mu bice bituriye Umurwa mukuru Damascus.

Perezida wa Iran Ebrahim Raisi yavuze ko ibyo Israel yakoze izabyishyura mu gihe nyacyo.

Brig. Gen. Seyed Razi Mousavi yahoze ari umujyanama ukomeye mu bya gisirikare muri Iran, akaba yaguye muri Syria aho yari amaze iminsi akora akazi k’ubujyanama mu bya gisirikare.

Ambasaderi wa Iran muri Syria witwa Hossein Akbari yemeza ko Mousavi yari ari muri Syria nk’umujyanama mu bya gisirikare.

Israel ivuga ko umwanzi wayo wa mbere ku isi ari Iran kandi na Iran nayo ni uko ibifata.

 

TAGGED:IgiteroIranIsraelJeneraliPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UN Yemeye Gutera Inkunga Afurika Yunze Ubumwe Mu Kubungabunga Amahoro
Next Article Mu Rwanda Hari Ahantu 500 Ndangamurage Habaruwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi Mpuzamahanga

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?