Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jeannette Kagame Na Agatha Duda Baganirije Incuke Zirererwa Mu Urugwiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Jeannette Kagame Na Agatha Duda Baganirije Incuke Zirererwa Mu Urugwiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2024 3:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Jeannette Kagame ari kumwe na Madamu Agata Kornhauser-Duda basuye irerero ry’abana b’abakozi bo muri Perezidansi ryitwa Eza Early Childhood Development Center.

Basuye iri rerero baganiriza abana baharererwa.

Madamu Duda ari mu Rwanda mu ruzinduko hamwe n’umugabo we Perezida wa Pologne, bakaba baraje mu ruzinduko rugamije kuzamura umubano hagari y’u Rwanda na Pologne.

Bombi bageze mu Rwanda kuri uyu wa Mbere taliki 06, Gashyantare, 2024 bavuye muri Kenya.

Nyuma y’uruzinduko rw’iminsi itatu bazarangiza kuri uyu wa Kane, bazahita bakomereza muri Tanzania.

Mu irerero Eza, aba bayobozi beretswe uko abana b’aho barerwa, uko gahunda y’umunsi iba igenwe n’uburyo abana bitabwaho mu ngeri z’imibereho yabo.

Muri Nzeri, 2022 nibwo irerero Eza ryafunguwe ku mugaragaro.

Amarerero ni gahunda Leta y’u Rwanda yatangije yo kwita ku bana mu gihe ababyeyi babo baba bari mu kazi.

Abana b’abakozi bo mu Biro by’Umukuru w’igihugu nabo bashyiriweho irerero ryiza EZA

Igamije kubafasha kubona ababitaho, bakabaha amafunguro, aho bakinira n’aho baruhukira kugira ngo abana bakure bafite uburere kandi bafite imirire iboneye no kuruhuka nyuma yo gukina.

TAGGED:AbanafeaturedIrereroJeannetteKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Pologne ‘Yapfukamye’ Ashyira Indabo Ku Rwibutso
Next Article Umufaransakazi Ufite Ubwenegihugu Bw’u Rwanda Yahawe Kuyobora Trace Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?