Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jeannette Kagame Na Agatha Duda Baganirije Incuke Zirererwa Mu Urugwiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Jeannette Kagame Na Agatha Duda Baganirije Incuke Zirererwa Mu Urugwiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2024 3:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Jeannette Kagame ari kumwe na Madamu Agata Kornhauser-Duda basuye irerero ry’abana b’abakozi bo muri Perezidansi ryitwa Eza Early Childhood Development Center.

Basuye iri rerero baganiriza abana baharererwa.

Madamu Duda ari mu Rwanda mu ruzinduko hamwe n’umugabo we Perezida wa Pologne, bakaba baraje mu ruzinduko rugamije kuzamura umubano hagari y’u Rwanda na Pologne.

Bombi bageze mu Rwanda kuri uyu wa Mbere taliki 06, Gashyantare, 2024 bavuye muri Kenya.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma y’uruzinduko rw’iminsi itatu bazarangiza kuri uyu wa Kane, bazahita bakomereza muri Tanzania.

Mu irerero Eza, aba bayobozi beretswe uko abana b’aho barerwa, uko gahunda y’umunsi iba igenwe n’uburyo abana bitabwaho mu ngeri z’imibereho yabo.

Muri Nzeri, 2022 nibwo irerero Eza ryafunguwe ku mugaragaro.

Amarerero ni gahunda Leta y’u Rwanda yatangije yo kwita ku bana mu gihe ababyeyi babo baba bari mu kazi.

Abana b’abakozi bo mu Biro by’Umukuru w’igihugu nabo bashyiriweho irerero ryiza EZA

Igamije kubafasha kubona ababitaho, bakabaha amafunguro, aho bakinira n’aho baruhukira kugira ngo abana bakure bafite uburere kandi bafite imirire iboneye no kuruhuka nyuma yo gukina.

- Advertisement -
TAGGED:AbanafeaturedIrereroJeannetteKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Pologne ‘Yapfukamye’ Ashyira Indabo Ku Rwibutso
Next Article Umufaransakazi Ufite Ubwenegihugu Bw’u Rwanda Yahawe Kuyobora Trace Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?