Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jeannette Kagame Yifatanyije Na AERG/GAERG Kwizihiza Isabukuru Yayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Jeannette Kagame Yifatanyije Na AERG/GAERG Kwizihiza Isabukuru Yayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2021 1:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo bizihizaga imyaka 25 ishize bashinze Umuryango AERG, abawugize bishimiye kwakira Madamu Jeannette Kagame waje kwifatanya nabo muri iki gikorwa cyabereye mu Nzu yitwa Intare Conference Arena.

Uyu munsi kandi abagize Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi witwa GAERG nabo bizihije isabukuru y’imyaka 18 bawushinze.

Kuri iyi tariki ya 20, Ukwakira, 1996 nibwo abantu 12 bicaye basanga ari ngombwa gushyiraho umuryango w’abanyeshuri  barokotse Jenoside bigaga mu mashuri yisumbuye na Kaminuza.

Imwe mu ntego zawo yari uko abagize uriya muryango bunganirana mu bintu byose, bakagirana inama, bagafashanya muri byose…mu yandi magambo bakubaka umuryango usimbura uwabo washize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu ijambo yabagejejeho, Madamu Jeannette Kagame yababwiye ko mu mibereho y’Abanyarwanda by’umwihariko n’Abanyafurika muri rusange, umwana ari uw’Umuryango.

Yavuze ko ubwo AERG yavukaga yasanze u Rwanda ari itongo, abana badafite kirengera.

Ati: “Mwumvise umurindi w’ingabo nziza zarokoye uru Rwanda, nyamara zitashoboraga kwishima.”

Bamwe mu banyamuryango ubwo bari bageze ku Intare Arena

Yababwiye ko nk’umubyeyi kandi mu izina ry’ababyeyi bose, ari kumwe n’abanyamuryango ba AERG na GAERG kandi ko ‘duhagaze mu mwanya w’abacu badahari’.

Insanganyamatsiko y’uyu munsi igira iti “Ishema tuvoma mu kubaho kwacu.”

- Advertisement -

Inama yemerejwemo gushinga AERG yateranye ari ku Cyumweru.

 Abahanze AERG ni aba bakurikira:

Butera Emmanuel

Gatana Jean

Gatayire Marie Claire

Gatsinzi Valentin,

Kabasha Apollon,

Kanywabahizi Yves,

Mazimpaka Richard,

Mugeni Gatera Francine,

Ndutiye Youssouf,

Ntaganira Vincent,

Rukundakuvuga François Régis

Na Sinzi Tharcisse.

Bamwe mu bahoze ari abanyamuryango ba AERG ubu bakaba baragiye muri GAERG baherutse kubwira Taarifa ko uriya muryango wababereye aho ababo batari.

Abanyamuryango ba AERG -GAERG bitabiriye uriya munsi mukuru
Ntibatana no gucinya akadiho. AERG igira Itorero bita Inyamibwa
TAGGED:AERGfeaturedGAERGIntareKagameMadamuRusororo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikamyo Ipakiye Lisanse Yaturitse Yica Abantu 91
Next Article DIGP Namuhoranye Yibukije Abapolisi Indangagaciro Zibaranga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda: Igihugu Cy’Intwari Zikorera Intwaro

Impuguke Ya UN Irasuzuma Uko Ubukene Buhagaze Mu Banyarwanda

Kagame Yavuze Uruhare Afurika Ikwiye Kugira Mu Mutekano Wayo

Uganda: 13 Baguye Mu Mpanuka Bavuye Mu Bukwe

Ubutumwa Bwa IBUKA Bwamagana Iyicwa Rya Nyirangirinshuti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Hari Kwigwa Uko Ibiganiro Bya EAC Byahuzwa N’Ibya SADC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Joe Biden Arembejwe Na Cancer Ifata Ubugabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Amajyaruguru: Abana 22,000 Bataye Ishuri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Umukecuru Warokotse Jenoside Yishwe Atemwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?