Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Habonetse Icyobo Cyajugunywemo Imibiri 100
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Habonetse Icyobo Cyajugunywemo Imibiri 100

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 April 2023 9:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya Kenya yavuze ko ibaye ihagaritse ibyo gucukura imibiri yatawe mu cyobo kirekire kiri mu ishyamba ryitwa Shakahola kiri muri Kilifi. Impamvu ni uko imvura ari nyinshi bityo abacukuzi nabo bakaba bahasiga ubuzima.

Umunyamabanga muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu witwa Prof Kithure Kindiki niwe watangaje ko gucukura bigomba guhagarara.

Hari nyuma yo kuzenguruka aho ibyo bikorwa biri gukorerwa.

Bikekwa ko imibiri yatawe muri kiriya cyobo ari iy’abantu bahoze ari abayoboke ba Pasiteri wateje rwaserera mu mitwe ya benshi witwa Paul Mackenzie.

Prof Kindiki avuga ko abahanga bagiriye Leta inama yo guhagarika ibyo gucukura kugira ngo ubutaka bubanze bwumuke ku kigero kinini bityo gucukura bikorwe mu buryo budateza akaga.

The Citizen yanditse ko inkiko zari zarategetse ko kiriya cyobo gicukurwa kugira ngo imibiri ibonetse izafashe mu iperereza ryo kumenya uko abo bantu bapfuye no kureba uko byaherwaho hatangwa ubutabera.

TAGGED:GucukuraIcyoboImibiriKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umwanda Mu Mujyi Wa Kayonza Ugiye Guhagurukirwa- Meya Nyemazi
Next Article Igice Cya Mbere Cy’Amafaranga Yo Gushyira Ikoranabuhanga Mu Nzibutso Cyatanzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?