Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Habonetse Icyobo Cyajugunywemo Imibiri 100
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Habonetse Icyobo Cyajugunywemo Imibiri 100

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 April 2023 9:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya Kenya yavuze ko ibaye ihagaritse ibyo gucukura imibiri yatawe mu cyobo kirekire kiri mu ishyamba ryitwa Shakahola kiri muri Kilifi. Impamvu ni uko imvura ari nyinshi bityo abacukuzi nabo bakaba bahasiga ubuzima.

Umunyamabanga muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu witwa Prof Kithure Kindiki niwe watangaje ko gucukura bigomba guhagarara.

Hari nyuma yo kuzenguruka aho ibyo bikorwa biri gukorerwa.

Bikekwa ko imibiri yatawe muri kiriya cyobo ari iy’abantu bahoze ari abayoboke ba Pasiteri wateje rwaserera mu mitwe ya benshi witwa Paul Mackenzie.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Prof Kindiki avuga ko abahanga bagiriye Leta inama yo guhagarika ibyo gucukura kugira ngo ubutaka bubanze bwumuke ku kigero kinini bityo gucukura bikorwe mu buryo budateza akaga.

The Citizen yanditse ko inkiko zari zarategetse ko kiriya cyobo gicukurwa kugira ngo imibiri ibonetse izafashe mu iperereza ryo kumenya uko abo bantu bapfuye no kureba uko byaherwaho hatangwa ubutabera.

TAGGED:GucukuraIcyoboImibiriKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umwanda Mu Mujyi Wa Kayonza Ugiye Guhagurukirwa- Meya Nyemazi
Next Article Igice Cya Mbere Cy’Amafaranga Yo Gushyira Ikoranabuhanga Mu Nzibutso Cyatanzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?