Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Habonetse Icyobo Cyajugunywemo Imibiri 100
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Habonetse Icyobo Cyajugunywemo Imibiri 100

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 April 2023 9:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya Kenya yavuze ko ibaye ihagaritse ibyo gucukura imibiri yatawe mu cyobo kirekire kiri mu ishyamba ryitwa Shakahola kiri muri Kilifi. Impamvu ni uko imvura ari nyinshi bityo abacukuzi nabo bakaba bahasiga ubuzima.

Umunyamabanga muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu witwa Prof Kithure Kindiki niwe watangaje ko gucukura bigomba guhagarara.

Hari nyuma yo kuzenguruka aho ibyo bikorwa biri gukorerwa.

Bikekwa ko imibiri yatawe muri kiriya cyobo ari iy’abantu bahoze ari abayoboke ba Pasiteri wateje rwaserera mu mitwe ya benshi witwa Paul Mackenzie.

Prof Kindiki avuga ko abahanga bagiriye Leta inama yo guhagarika ibyo gucukura kugira ngo ubutaka bubanze bwumuke ku kigero kinini bityo gucukura bikorwe mu buryo budateza akaga.

The Citizen yanditse ko inkiko zari zarategetse ko kiriya cyobo gicukurwa kugira ngo imibiri ibonetse izafashe mu iperereza ryo kumenya uko abo bantu bapfuye no kureba uko byaherwaho hatangwa ubutabera.

TAGGED:GucukuraIcyoboImibiriKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umwanda Mu Mujyi Wa Kayonza Ugiye Guhagurukirwa- Meya Nyemazi
Next Article Igice Cya Mbere Cy’Amafaranga Yo Gushyira Ikoranabuhanga Mu Nzibutso Cyatanzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?