Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Basohotse Mu Ngo Bishimira Intsinzi Y’Amavubi Birakaza Polisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kigali: Basohotse Mu Ngo Bishimira Intsinzi Y’Amavubi Birakaza Polisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2021 9:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijoro ryakeye nyuma y’uko ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ibonye intsinzi ku mukino yakinagamo n’ikipe y’igihugu ya Togo, hari abanyarwanda batuye mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali babyutse basohoka mu ngo ari benshi barabyina. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibyaraye bikozwe bidakwiye, yihanangiriza abaturage kutazabyongera.

Umukino wahuzaga Amavubi n’Uduca twa Togo warangiye abatuye muri Kigali bananirwa kwihanganira kuguma mu ngo batishimiye iyo ntsinzi.

Basohokanye amajerekani, amadebere, barabyina  abandi bari basohokana amacupa arimo inzoga banyweraga mu ngo zabo bareba umupira.

Ikindi Polisi ivuga ko kibabaje ni uko abenshi muri hanze babyina nta dupfukamunwa bari bambaye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Itangazo Polisi yacishije kuri Twitter ryasabye Abanyarwanda kutazongera gukora ibyo baraye bakoze kandi bakibuka ko icyorezo COVID-19 kigihari kandi kica.

Maze barirara basakara mu mihanda basakuza bagaragaza ibyishimo kubera iyi ntsinzi.

Polisi yanditse iti: “Ikipe y’igihugu izagira izindi ntsinzi nyinshi kandi byaba byiza dukomeje kuzizihiza turi bazima. Gufana ikipe y’igihugu no kwishimira intsinzi ni byiza ariko ntabwo bigomba kunyuranya n’amabwiriza ahari yo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVIDー19.”

Amashusho yatambutse ku mbuga nkoranyambaga yerekanye Umupolisi mukuru abuza abaturage gukomeza kwidagadurira mu muhanda bagataha.

Ahantu kwidagadura byafashe intera nini ni mu Karere ka Nyarugenge.

- Advertisement -

Irebere uko byari bimeze:

TAGGED:COVID-19featuredKigaliNyarugengePolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amavubi Yaraye Akoze Ibyo Abanyarwanda Bataherukaga
Next Article RWNDA 3-2 TOGO Extended goals HIGHLIGHTS Total CHAN 2020
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Frank Joe Mu Gahinda Ko Gupfusha Umugore We

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?