Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Nkundamahoro Hiyahuriye Umugabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Ku Nkundamahoro Hiyahuriye Umugabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2024 3:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Si ubwa mbere ukwiyahura gukorewe kuri iyi nyubako
SHARE

Umugabo utamenyekanye amazina yuriye inzu ndende iri mu Mujyi wa Kigali ahitwa ku Nkundamahoro arasimbuke yikubita hasi arapfa.

RadioTv 1 itangaza ko nta mazina y’uwo muntu aramenyekana ariko ngo Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwahise ruhagera ngo hatangire iperereza kuri iki kintu.

Bivugwa ko RIB ijya aho umuntu yiyahuriye kugira ngo irebe niba muri icyo gikorwa cyamutwaye ubuzima nta bandi bantu baba babigizemo uruhare urwo ari rwo rwose.

Uwiyahuye yari mu kigero cy’imyaka 40 y’amavuko, aho akomoka ntihahise hamenyekana.

Inyubako y’Inkundamahoro iri mu Kagari ka Nyabugongo mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge.

Iyi nyubako yiyahuriweho n’abantu benshi.

Si ubwa mbere abantu bayiyahuriramo kuko mu myaka nk’itanu ishize hiyahuriye abantu benshi.

TAGGED:InkundamahoroNyabugogoRIBUbugenzacyahaUmugabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abohereza Imbuto N’Imboga Hanze Bahawe Imodoka Zizirinda Kubora
Next Article Miss Muheto Yakatiwe Igifungo Cy’Amezi Atatu Gisubitse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?