Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Rusumo Hafatiwe Ikamyo Yibwe Muri Afurika Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ku Rusumo Hafatiwe Ikamyo Yibwe Muri Afurika Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 September 2021 6:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ishami rya Polisi mpuzamahanga ikorera mu Rwanda ryaraye rihaye umuturage wo muri Afurika y’Epfo ikamyo ye yafatiwe ku mupaka wa Rusumo nyuma y’uko ririya shami muri Afurika y’Epfo ritangaje ko yibwe.

Iyi kamyo yo mu bwoko bwa Scania ifite nomero iyiranga ya CA-183-802. Uwayirangishije atabaza avuga ko ari iye ni uwitwa Andre Hannekom.

Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko iriya kamyo yibwe mu mwaka wa 2020, ikaba yarafatiwe mu Karere ka Kirehe, ku mupaka u Rwanda rugabaniramo na Tanzania.

Yafashwe iturutse Tanzania yinjira mu Rwanda.

Mu butumwa RIB yacishije kuri Twitter ntihavugwamo niba abari bayirimo barafashwe cyangwa niba uko yibwe isa ari ko bayisanze cyangwa yaratewe irindi rangi.

Ishami rya Polisi mpuzamahanga rikorera i Pretoria muri Afurika y’Epfo niryo ryagejejweho kiriya kirego naryo risaba ibindi bihugu kuzakurikirana iriya kamyo nyuma iza gufatirwa mu Rwanda.

Umuhango wo kuyiha nyirayo wari urimo umukozi wa RIB witwa Jean Bosco Zingiro, akaba ari we ushinzwe itumanaho mu ishami rya Interpol i Kigali ndetse n’umupolisi wa Afurika y’Epfo witwa Matome Peter Mmamorobela ukaba akaba azayishyikiriza nyirayo.

Basinye bahererekanya iriya kamyo
Umukozi wa RIB Jean Bosco Zingiro n’umupolisi w’Afurika y’Epfo Matome Peter Mmamorobela.
TAGGED:AfurikafeaturedIkamyoKigaliPolisiRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri DRC Mugiga Imaze Gutuma Abantu 129 Bapfa
Next Article Afurika Icyeneye Ubuhinzi Buvuguruye – Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?