Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Rusumo Hafatiwe Ikamyo Yibwe Muri Afurika Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ku Rusumo Hafatiwe Ikamyo Yibwe Muri Afurika Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 September 2021 6:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ishami rya Polisi mpuzamahanga ikorera mu Rwanda ryaraye rihaye umuturage wo muri Afurika y’Epfo ikamyo ye yafatiwe ku mupaka wa Rusumo nyuma y’uko ririya shami muri Afurika y’Epfo ritangaje ko yibwe.

Iyi kamyo yo mu bwoko bwa Scania ifite nomero iyiranga ya CA-183-802. Uwayirangishije atabaza avuga ko ari iye ni uwitwa Andre Hannekom.

Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko iriya kamyo yibwe mu mwaka wa 2020, ikaba yarafatiwe mu Karere ka Kirehe, ku mupaka u Rwanda rugabaniramo na Tanzania.

Yafashwe iturutse Tanzania yinjira mu Rwanda.

Mu butumwa RIB yacishije kuri Twitter ntihavugwamo niba abari bayirimo barafashwe cyangwa niba uko yibwe isa ari ko bayisanze cyangwa yaratewe irindi rangi.

Ishami rya Polisi mpuzamahanga rikorera i Pretoria muri Afurika y’Epfo niryo ryagejejweho kiriya kirego naryo risaba ibindi bihugu kuzakurikirana iriya kamyo nyuma iza gufatirwa mu Rwanda.

Umuhango wo kuyiha nyirayo wari urimo umukozi wa RIB witwa Jean Bosco Zingiro, akaba ari we ushinzwe itumanaho mu ishami rya Interpol i Kigali ndetse n’umupolisi wa Afurika y’Epfo witwa Matome Peter Mmamorobela ukaba akaba azayishyikiriza nyirayo.

Basinye bahererekanya iriya kamyo
Umukozi wa RIB Jean Bosco Zingiro n’umupolisi w’Afurika y’Epfo Matome Peter Mmamorobela.
TAGGED:AfurikafeaturedIkamyoKigaliPolisiRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri DRC Mugiga Imaze Gutuma Abantu 129 Bapfa
Next Article Afurika Icyeneye Ubuhinzi Buvuguruye – Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?