Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mozambique: Ingabo Na Polisi By’u Rwanda Bahaye Abanyeshuri Ibikoresho By’Ishuri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mozambique: Ingabo Na Polisi By’u Rwanda Bahaye Abanyeshuri Ibikoresho By’Ishuri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 October 2023 4:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha abana gusubira mu mashuri, ingabo na Polisi by’u Rwanda boherejwe muri Mozambique kuhagarura amahoro bahaye abana b’aho amakayi n’amakaramu.

Abana bahawe ibi bikoresho ni abo mu Murwa mukuru wa Cabo Delgado ari wo Mocimboa Da Praia.

Abenshi mu bahoze bahoze batuye muri uyu mujyi basubiye mu byabo ariko bahanganye n’ubukene kubera ko abarwanyi bari barawigaruriye basenye byinshi bishyira abaturage mu bukene.

Inzego z’u Rwanda z’umutekano muri iki gihugu zahaye biriya bikoresho abana bo mu bice bya UNIDADE, TETE, MANIRITHA, NAITOPE na CHIBANGA.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abana bahawe ibitabo 3,100 n’amakaramu 2,530.

Buri mwana wo mu mashuri abanza yahabwaga amakayi bibiri n’amakaramu abairi n’aho uwo mu mashuri yisumbuye agahabwa amakayi bine n’amakaramu atatu.

Abaramu bo bahabwaga ibitabo n’amakaramu byo kubafasha mu gutegura amasomo agenewe abana.

Salmos BACAR  ushinzwe uburezi mu Mujyi wa  Mocimboa da Praia avuga ko mu ntangiriro ubuyobzo bw’uyu mujyio bwafungiye irindi shuri mkugira ngo abana babone ahandi bigira.

Ibi ngo ni ingenzi mu gihugu cyari kimaze iminsi amashuri yarafunzwe kubera intambara cyane cyane mu Murwa mukuru, Mocimboa da Praia.

- Advertisement -

Bacar ashima ko ubufatanye bw’abashinzwe umutekano w’u Rwanda n’uwa Mozambique bwatumye abarwanyi bari barabujije amahwemo abahatuye bahakurwa, bagatsindwa uruhenu.

Bahawe ibikoresho byo kubafasha gutyaza ubwenge
TAGGED:AbanaAbarwanyiAmashuriMozambiquePolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinjacyaha Buracyakora Iperereza Ku Byo Kazungu Denis Aregwa
Next Article U Rwanda N’Uburayi Mu Kwita Ku Myigire Y’Abana Barwo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?