Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bushinwa Hari Indi Ndwara Y’Ubuhumekero ‘Ihangayikishije’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Bushinwa Hari Indi Ndwara Y’Ubuhumekero ‘Ihangayikishije’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2023 11:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, rivuga ko mu Majyaruguru y’Ubushinwa hari indwara y’ubuhumekero iri gufata abana. Ituma bahumeka nabi kandi bakagira umusonga.

Ikinyamakuru cy’Abanyamerika kitwa Fox News cyanditse ko abayobozi b’Ubushinwa bavuga ko nta gikuba cyacitse, ko iyo ndwara idafite ubukana bwakura abantu umutima.

Icyakora abahanga bo hanze yabwo bavuga ko hagombye gukorwa ubugenzuzi bwimbitse kugira ngo ejo bitazagaragara ko abantu barangaye indwara ikomeye nka COVID-19 ikaduka mu isi.

WHO ivuga ko umuntu wa mbere wavuzweho iby’iriya nkorora n’umusonga mu Bushinwa yagaragaye taliki 13, Ugushyingo, 2023.

Ni amakuru iri shami ry’Umuryango w’Abibumbye rivuga ko ryahawe n’Ubutegetsi bw’i Beijing binyuze muri Komisiyo ishinzwe iby’ubuzima.

Si mu Bushinwa havugwa iki kibazo gusa ahubwo no muri Amerika ni uko kuko hari uburwayi bufata mu buhumekero bwagaragaye mu bice bimwe na bimwe.

Iki kibazo kandi ngo cyanagaragaye mu Bwongereza.

Abahanga mu by’ubuvuzi bavuga ko ibipimo byagaragaje ko abagize buriya burwayi bari abantu bafite imibiri idafite ubudahangarwa buhagije.

TAGGED:AbahangaBusinwaIndwaraUbuhumekeroUmusonga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Centrafrique: Aba Mbere RDF Yatoje Kuba Ingabo Bagiye Kwinjira Mu Kazi
Next Article Salva Kirr Yasimbuye Ndayishimiye Ku Buyobozi Bwa EAC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?