Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Museveni Na Muhoozi Barezwe Mu Rukiko Mpuzamahanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Museveni Na Muhoozi Barezwe Mu Rukiko Mpuzamahanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 July 2023 8:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umushinjacyaha witwa Bruce Afran yareze Perezida wa Uganda Yoweli Museveni n’umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha abashinja gukorera ibya mfura mbi abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.

Ikirego cye yakigejeje muri uru rukiko ruri i La Haye mu Buholandi.

Urutonde rw’abaregwa ruriho abantu 26 barimo abasirikare bakuru b’iki gihugu  n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye.

Ku rundi ruhande, BBC ivuga ko hari abantu 200 bavuga ko bakorewe ibya mfura mbi ndetse ngo n’imwe mu myanya yabo y’uburumbuke yarangijwe.

Wa mushinjacyaha kandi yabwiye The Monitor( yandikirwa muri Uganda) ko urukiko niruramuka ruhaye agaciro ibirero bye, hari abandi bantu bazisanga imbere y’ubutabera barimo n’abapolisi bakuru muri Polisi ya Uganda.

Ese ruriya rukiko rubifitiye uburenganzira?

Umwe mu banyamategeko bo muri Uganda witwa Kiryowa Kiwanuka kuwa Gatanu taliki 21, Nyakanga, 2023 yabwiye itangazamakuru ko bitari ngombwa ko hahita haregerwa Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, kuko n’inkiko z’imbere mu gihugu zashobora kuburanisha urwo rubanza.

Kiwanuka ati: “ICC mu bisanzwe ni urukiko rwa nyuma ruca imanza zivuye mu bihugu biyigize mu gihe zitaracibwa cyangwa mu gihe ibyo bihugu bidashobora guca izo manza.”

Nawe avuga ko iby’ibyo birego yabyumvise kandi ngo biri gutangwa n’umushinjacyaha w’umugore uba muri Amerika.

Ibirego by’uwo mushinjacyaha bishingiye kubyo avuga ko byakorewe abatavuga rumwe na Leta ya Kampala mu gihe cy’amatora ya Perezida wa Uganda yabaye mu mwaka wa 2021.

Kiwanuka avuga ko kuri ibyo birego, hari iperereza ryakorewe muri Uganda bamwe barafatwa bagezwa imbere y’amategeko.

TAGGED:AmatorafeaturedIbiregoIbyahaMuhooziMuseveniUburenganziraUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Kabarebe Yavuze Uko Byagenda Igisirikare Kijemo Amacakubiri
Next Article Rwanda: Imisoro Izinjiza 52% Mu Ngengo Y’Imari 2023/2024
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?