Urwego rw’abanyamakuru bigenzura, Rwanda Media Commission, ( RMC), rwatangaje ko ruri kuganira n’abashinzwe iyubahirizwa ry’amategeko ku bibazo by’abanyamakuru baherutse gufungwa. Itangazo uru rwego rwashyize kuri X,...
Umushinjacyaha witwa Bruce Afran yareze Perezida wa Uganda Yoweli Museveni n’umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha abashinja gukorera ibya mfura mbi abatavuga rumwe...
Abayobozi bo mu Uganda barekuye Abanyarwanda 11 bari bamazeyo igihe bafunzwe mu buryo butubahirije amategeko. Iri tsinda rigizwe n’abagabo icumi n’umugore umwe. Abayobozi bo muri Uganda...