Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngendahimana Ladislas Wayoboraga Muri RALGA Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Ngendahimana Ladislas Wayoboraga Muri RALGA Yeguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 June 2024 6:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ngendahimana Ladislas wari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rihuza inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA), yeguye ku nshingano ze.

Ngendahimana yari umwe mu basanzwe batanga ibiganiro kuri radio na televiziyo by’u Rwanda avuga ku ngingo zitandukanye zireba ubuzima bw’igihugu no hanze yacyo.

Nta makuru aratangazwa ku mpamvu z’iyegura iyegura rye.

Ikigo yakoreraga, RALGA, gifite inshingano zo kongerera ubushobozi abakozi bo mu nzego z’ibanze no gutanga ibizamini muri izi nzego.

Itangazamakuru mu minsi ishize ryamenye ko izi nshingano zo gutanga ibizamini zimaze iminsi zihagaritswe kubera imikorere idahwitse mu mitangire y’ibi bizamini.

Ngendahimana Ladislas yayoboraga RALGA kuva mu 2018, akaba yari yarasimbuye Rugamba Egide na we wavuye kuri uwo mwanya ‘yeguye’.

Mbere yo kujya muri RALGA, Ngendahimana yari umuyobozi muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu.

Ubwo yajyaga muri RALGA nabwo iki kigo cyavugwagamo ikimenyane gisanzwe ariko hari n’igishingiye ku cyenewabo, akaba yarahazanywe ngo akemure ibi bibazo.

Ntawamenya niba yarabihaciye cyangwa se yeguye bikiharangwa kwegura kwe kukaba ari ingaruka zi’icyo kibazo.

TAGGED:featuredKweguraNgendahimanaRALGA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Yafashe Imodoka Z’Intambara Za SADC
Next Article Dubai Yakatiwe Gufungwa Imyaka Ibiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?