Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngendahimana Ladislas Wayoboraga Muri RALGA Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Ngendahimana Ladislas Wayoboraga Muri RALGA Yeguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 June 2024 6:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ngendahimana Ladislas wari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rihuza inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA), yeguye ku nshingano ze.

Ngendahimana yari umwe mu basanzwe batanga ibiganiro kuri radio na televiziyo by’u Rwanda avuga ku ngingo zitandukanye zireba ubuzima bw’igihugu no hanze yacyo.

Nta makuru aratangazwa ku mpamvu z’iyegura iyegura rye.

Ikigo yakoreraga, RALGA, gifite inshingano zo kongerera ubushobozi abakozi bo mu nzego z’ibanze no gutanga ibizamini muri izi nzego.

Itangazamakuru mu minsi ishize ryamenye ko izi nshingano zo gutanga ibizamini zimaze iminsi zihagaritswe kubera imikorere idahwitse mu mitangire y’ibi bizamini.

Ngendahimana Ladislas yayoboraga RALGA kuva mu 2018, akaba yari yarasimbuye Rugamba Egide na we wavuye kuri uwo mwanya ‘yeguye’.

Mbere yo kujya muri RALGA, Ngendahimana yari umuyobozi muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu.

Ubwo yajyaga muri RALGA nabwo iki kigo cyavugwagamo ikimenyane gisanzwe ariko hari n’igishingiye ku cyenewabo, akaba yarahazanywe ngo akemure ibi bibazo.

Ntawamenya niba yarabihaciye cyangwa se yeguye bikiharangwa kwegura kwe kukaba ari ingaruka zi’icyo kibazo.

TAGGED:featuredKweguraNgendahimanaRALGA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Yafashe Imodoka Z’Intambara Za SADC
Next Article Dubai Yakatiwe Gufungwa Imyaka Ibiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?