Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Asanga Imibereho Y’Abatuye EAC Ikwiye Kurushaho Gutezwa Imbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ngirente Asanga Imibereho Y’Abatuye EAC Ikwiye Kurushaho Gutezwa Imbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 November 2023 6:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yafunguraga inteko rusange y’Abadepite bagize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yavuze ko ibihugu by’aka Karere bikwiye gukorana kugira ngo imibereho y’abagatuye irusheho kuba myiza.

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yari ahagarariye Perezida Paul Kagame mu gutangiza iyi nteko.

Avuga ko abatuye uyu muryango bategereje byinshi ku bawuyobora kugira ngo kuba ibihugu byarawihurijemo bibagirire akamaro, bitume imibereho yabo irushaho kuba myiza.

Yasabye abari bamuteze amatwi gukoresha neza umutungo w’uyu muryango, byose bigakorwa mu nyungu z’abatuye EAC.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuyobozi wa Guverinoma y’u Rwanda yashimye ko mu myaka 18 ishize hatangijwe za gasutamo zihuriweho n’ibihugu bigize uyu muryango hari umusaruro wabonetse.

Avuga ko ibi byatumye ubucuruzi mu bihugu biwugize buzamuka buva kuri miliyari $5.8 mu mwaka wa 2013 bugera kuri miliyari $10.9 mu mwaka wa 2022.

Abagize EALA bari mu Rwanda kuva taliki 23, Ugushyingo kuzageza taliki 07, Ukuboza, 2023.

Abagize EALA
TAGGED:AbaturageEALAfeaturedIntekoIterambereNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisanté Yahagaritse Ibarura Ryakorwaga N’Ihuriro Ry’Abavuzi Gakondo
Next Article Gen Kayonga Yagizwe Ambasaderi Muri Turikiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?