Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2025 11:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatavuga rumwe na Leta ya Nigeria bavuga ko bitumvikana ukuntu Umukuru w’igihugu amara hafi ukwezi ari mu Bufaransa nta makuru abaturage babifiteho na mba!

Bola Tinubu yageze mu Bufaransa Tariki 02, Mata, 2025 ku mpamvu zitarasobonurwa neza ariko bishobora kuba byaratewe n’ubuzima bwe butameze neza.

Abitishimiye ibyo bintu bavuga ko ubuzima bwa Tinubu bwari bumeze nabi no mu gihe yarahiriraga kuyobora igihugu kuko yari amaze ukwezi mu Bufaransa yivuza.

Ikindi ni uko kuva yajya k’ubutegetsi muri Kamena, 2023 amaze kujyayo inshuro umunani.

Abatavuga rumwe na Leta bavuga ko kuba Tinubu yaragiye mu Bufaransa akahamara igihe kingana kuriya abantu batabizi kandi rwagati mu gihugu hari umutekano muke bidakwiye.

Uruhande rwa Leta ruvuga ko Perezida ari mu mwiherero ngo hasesengurwe uko ibintu byifashe mu gihugu mu myaka hafi itatu amaze k’ubutegetsi.

Ruvuga ko iby’uko yasize igihugu mu kangaratete atari byo.

TAGGED:featuredIgihuguIndwaraKwivuzaNigeriaPerezidaTinubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Gen Birungi Wari Ushinzwe Y’ubutasi Bwa Gisirikare Yavanywe Muri Izo Nshingano 
Next Article Musanze: Umugore Yishe Umugabo We Nawe Ariyahura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?