Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2025 11:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatavuga rumwe na Leta ya Nigeria bavuga ko bitumvikana ukuntu Umukuru w’igihugu amara hafi ukwezi ari mu Bufaransa nta makuru abaturage babifiteho na mba!

Bola Tinubu yageze mu Bufaransa Tariki 02, Mata, 2025 ku mpamvu zitarasobonurwa neza ariko bishobora kuba byaratewe n’ubuzima bwe butameze neza.

Abitishimiye ibyo bintu bavuga ko ubuzima bwa Tinubu bwari bumeze nabi no mu gihe yarahiriraga kuyobora igihugu kuko yari amaze ukwezi mu Bufaransa yivuza.

Ikindi ni uko kuva yajya k’ubutegetsi muri Kamena, 2023 amaze kujyayo inshuro umunani.

Abatavuga rumwe na Leta bavuga ko kuba Tinubu yaragiye mu Bufaransa akahamara igihe kingana kuriya abantu batabizi kandi rwagati mu gihugu hari umutekano muke bidakwiye.

Uruhande rwa Leta ruvuga ko Perezida ari mu mwiherero ngo hasesengurwe uko ibintu byifashe mu gihugu mu myaka hafi itatu amaze k’ubutegetsi.

Ruvuga ko iby’uko yasize igihugu mu kangaratete atari byo.

TAGGED:featuredIgihuguIndwaraKwivuzaNigeriaPerezidaTinubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Gen Birungi Wari Ushinzwe Y’ubutasi Bwa Gisirikare Yavanywe Muri Izo Nshingano 
Next Article Musanze: Umugore Yishe Umugabo We Nawe Ariyahura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?