Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2025 11:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatavuga rumwe na Leta ya Nigeria bavuga ko bitumvikana ukuntu Umukuru w’igihugu amara hafi ukwezi ari mu Bufaransa nta makuru abaturage babifiteho na mba!

Bola Tinubu yageze mu Bufaransa Tariki 02, Mata, 2025 ku mpamvu zitarasobonurwa neza ariko bishobora kuba byaratewe n’ubuzima bwe butameze neza.

Abitishimiye ibyo bintu bavuga ko ubuzima bwa Tinubu bwari bumeze nabi no mu gihe yarahiriraga kuyobora igihugu kuko yari amaze ukwezi mu Bufaransa yivuza.

Ikindi ni uko kuva yajya k’ubutegetsi muri Kamena, 2023 amaze kujyayo inshuro umunani.

Abatavuga rumwe na Leta bavuga ko kuba Tinubu yaragiye mu Bufaransa akahamara igihe kingana kuriya abantu batabizi kandi rwagati mu gihugu hari umutekano muke bidakwiye.

Uruhande rwa Leta ruvuga ko Perezida ari mu mwiherero ngo hasesengurwe uko ibintu byifashe mu gihugu mu myaka hafi itatu amaze k’ubutegetsi.

Ruvuga ko iby’uko yasize igihugu mu kangaratete atari byo.

TAGGED:featuredIgihuguIndwaraKwivuzaNigeriaPerezidaTinubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Gen Birungi Wari Ushinzwe Y’ubutasi Bwa Gisirikare Yavanywe Muri Izo Nshingano 
Next Article Musanze: Umugore Yishe Umugabo We Nawe Ariyahura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Gasabo: Bafungiwe Kwangiza Amashanyarazi

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

You Might Also Like

Ikoranabuhanga

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ikoranabuhanga

Ubushinwa Bwatangiye Gukoresha Robo Zikora Gipolisi Mu Muhanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?