Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyabugogo: Ikamyo Ya Howo Yishe Umugore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyabugogo: Ikamyo Ya Howo Yishe Umugore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 August 2024 9:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Nyabugogo hazindukiye impanuka y’ikamyo yahitanye umugore wari uteze igare, umunyonzi wari umutwaye akomereka bikomeye.

Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano mu muhanda Superintendent of Police( SP) Emmanuel Kayigi avuga ko yatewe n’uko umushoferi ataringanyije umuvuduko.

Kayigi yabwiye Kigali Today ko akenshi impanuka ziterwa n’uburangare bw’abatwaye ibinyabiziga.

Ikamyo ya Howo yakoze iriya mpanuka yari ifite umuvuduko munini kandi ikaba yari irimo igenda mu muhanda ukoreshwa n’abantu batandukanye barimo abanyamaguru n’abanyonzi.

Kuba umuhanda ari nyabagendwa ubwabyo byagombye gutuma abantu bitwararika, bakagabanya kwiruka.

Ati: “Abatwara ibinyabiziga basabwa kugenda neza mu muhanda bibuka ko bawusangira n’abandi”.

Yungamo ko abatwara imodoka nini bakwiye kubaha no korohera abatwara imodoka nto cyangwa abatwara moto n’amagare.

Ku byerekeye abatwara amakamyo ya Howo, SP Kayigi avuga ko bakunze kwiruka cyane kugira ngo batunde umucanga, itaka cyangwa amabuye inshuro nyinshi.

Yakomeje agira ati: “Kubahiriza amategeko ni ngombwa ariko abantu bakwiye kwirinda uburangare kuko usanga hari bakora impanuka bitewe no kurangara”.

SP Kayigi asaba abantu kubahiriza gahunda ya Tunyweless kuko ifasha kugenzura no gukora ibyo umuntu ashinzwe neza bitamugizeho ingaruka.

SP Emmanuel Kayigi, Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano mu muhanda

Asaba abatwara ibinyabiziga kureka gutwara imodoka igihe bazi ko banyoye ibisindisha, bigateza impanuka mu muhanda.

SP Kayigi aributsa abashoferi bose kwirinda kuvugira kuri telefone batwaye.

TAGGED:ImpanukaKayigiPolisiUmuvugizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yohereje Hafi Ya Iran Ubwato Bugwaho Indege Z’Intambara
Next Article Abacomora Utugabanyamuvuduko Bashobora Kugezwa Mu Butabera- Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?