Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Abarimu Bakurikiranyweho Gukuriramo Inda Umukobwa W’Aho Bigisha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyanza: Abarimu Bakurikiranyweho Gukuriramo Inda Umukobwa W’Aho Bigisha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 July 2023 9:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru  avuga ko mu Murenge wa Kigoma, Akarere ka Nyanza ahari ikigo cy’amashuri kitwa Sainte Trinité de Nyanza hari abarimu bane batawe muri yombi n’urwego rw’ubugenzacyaha nyuma y’uko bafashwe bari gukuriramo inda umukobwa w’aho bigishaga.

Iki kigo kiri ahitwa mu Butantsinda.

Bivugwa ko bafatiwe mu rugo rw’umwe muri abo bari gukora icyaha bakurikiranyweho.

Amakuru avuga ko abo barium bari bamaze kumuha imiti ituma inda ivamo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bafashwe ku bufatanye bwa Polisi n’abaturage.

Umukobwa bakuriragamo inda afite imyaka 21 y’amavuko.

Abakurikiranyweho biriya byaha ni Mugabo Fidele w’imyaka 34, akaba yari ashinzwe n’imyitwarire myiza mu kigo, Sibomana Venuste w’imyaka 29 akaba ari umwarimu, Aduhire Prince Thiery w’imyaka  20 akaba ari umwarimu na Amahirwe Mugisha Victory  w’imyaka 24 akaba ari  umwarimu.

Uyu munyeshuri  yoherejwe mu Bitaro bya Ruhango kugira ngo yitabweho.

Abakekwa bakaba bafungiye kuri RIBA ya Ruhango.

- Advertisement -

Urwego rw’ubugenzacyaha bushimira abaturage k’ubufatanye berekana mu gutanga amakuru atuma abakekwaho ibyaha bafatwa.

Umuvugizi w’uru rwego Dr. Thierry B.Murangira yabwiye Taarifa ko kuba batanze amakuru agatuma bariya bantu bafatwa ari urugero rwiza rw’ubufatanye mu gukurikirana abanyabyaha.

Ati: “ Uru ni urugero rwiza mu rwego rwo kurwanya no gukumira ibyaha. Abaturage bakomeze ubwo bufatanya, rwose ntihakagire uhishira icyaha.”

TAGGED:featuredGukuramoGusambanyaIndaNyanzaUbugenzacyahaUmukobwaUmuvugizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Kwihaza Ku Barimu Bazi ‘Neza’ Icyongereza
Next Article Ingabo Za SADC Zizajya Muri DRC Muri Nzeri 2023
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?