Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ousmane Sonko Yabaye Minisitiri W’Intebe Wa Senegal
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ousmane Sonko Yabaye Minisitiri W’Intebe Wa Senegal

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2024 10:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Gira So Yiturwa Indi. Ni umugani uhura n’ibyo Perezida Faye wa Senegal yakoreye Ousmane Sonko uherutse kumuharira ngo yiyamamarize kuyobora Senegal, akaza kubitsindira. Faye yagize Sonko Minisitiri w’Intebe.

Bombi bari mu ishyaka ritavuga rumwe na Leta kandi bakoranye bya hafi kugira ngo bagere ku butegetsi bahindure uko ibintu byari bimeze.

Perezida Bassirou Diomaye Faye yatangaje ko Ousmane Sonko abaye Minisitiri w’Intebe nyuma gato y’uko uyu arahiriye kuba Perezida wa Senegal wa Gatanu.

Ni mu birori byaraye bibereye muri Dakar, Umurwa mukuru, uyu muhango ukaba wanitabiriwe na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente.

Ousmane Sonko yahoze ari umuyobozi w’umujyi wa Ziguinchor uherereye mu Majyepfo ya Casamance utuwe ahanani n’ abataravugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Macky Sall.

TAGGED:FayeIntebeMinisitiriPerezidaSenegalSonko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umusaruro W’Inyama U Rwanda Rwohereza Hanze Wikubye Kabiri
Next Article Sena Y’u Rwanda Ibaza Guverinoma Icyakuyeho ‘Kandagira Ukarabe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?