Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Francis Yavuye Mu Bitaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Papa Francis Yavuye Mu Bitaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 June 2023 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’iminsi icyenda(9)  ari mu bitaro kubera kubagwa, Papa Francis yasezerewe kubera ko ubuzima bwe ‘bumeze neza’.

Ubwo yasohokaga mu bitaro, yasuhuje abanyamakuru benshi bari baje kumwakira no kugira ngo bagire icyo bamubaza.

Si bo gusa bari bahari, ahubwo hari n’Abakirisitu Gatulika bari baje kumusuhuza no kumubwira ko bamusengeye kandi bakomeje kubikora.

Akigera hanze, abashinzwe umutekano we bahise bamushyira mu modoka imugenewe bamucyura iwe, mu gihugu ayobora.

Umuganga mukuru wamubaze witwa Dr Sergio Alfieri yabwiye itangazamakuru ko Papa Francis amerewe neza kurusha uko byari bimeze mu minsi myinshi ishize.

Dr Alfieri avuga kugeza ubu asanga ntacyabuza Papa Francis gusura amahanga.

Umushumba wa Kiliziya yari asanganywe gahunda yo kuzasura Portugal n’igihugu cya Mongolia, akazabikora mu mpera za Nyakanga, 2023.

N’ubwo ari uko abaganga babivuga, Papa Francis afite amagara atamumereye neza kubera ko akunze kurwara bya hato na hato.

Ikindi ni uko akuze kuko afite imyaka 86 y’amavuko, yiyongeraho uburwayi bwamutangiye akiri muto.

TAGGED:FrancisIbitaroPapa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abayobozi Muri Afurika Barajya ‘Kuryoshyaroshya’ Putin Na Zelensky
Next Article Icyuho Mu Ikoranabuhanga Mu Bana Bo Muri Afurika Kigomba Gucika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?