Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Sava Yagizwe Ambasaderi Wa CANAL+ Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Papa Sava Yagizwe Ambasaderi Wa CANAL+ Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 November 2022 9:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Amasezerano amuha inshingano zo kuba ambasaderi wa Canal + Rwanda.
SHARE

Umunyarwenya uri mu bamamaye kurusha abandi mu Rwanda witwa Papa Sava  yasinye amasezerano y’imikoranire na Canal + Rwanda.  Niyitegeka Gratien yamenyekanye cyane muri filimi z’uruhererekane zitwa  ‘Seburikoko’ na ‘Papa Sava’.

Zimwe mu nshingano afite mu kazi ke ni ukwamamaza shene yitwa  ZACU TV iherutse kugurwa 100% na Canal + Rwanda.

Mu muhango wo gusinya aya masezerano, umuyobozi mukuru wa CANAL+ RWANDA, Sophie TCHATCHOUA yatangaje ko yishimiye iyi mikoranire mishya.

Ngo ije   yiyongera ku bikorwa CANAL+ isanzwe ikorana n’abakinnyi ba sinema nyarwanda binyuze muri shene nshya ya ZACU TV iherutse kumurikwa ku mugaragaro kuri CANAL+, k’umuyoboro wa 99.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Niyitegeka Gratien we avuga ko yishimiye iyi mikoranire kandi avuga ko kuba CANAL+ iri gufasha abahanzi nyarwanda ari iby’agaciro ndetse bizarushaho kumenyekanisha ibihangano nyarwanda ku ruhando mpuzahamanga.

ZACU TV iherutse kumurikwa na CANAL+ Rwanda kandi izajya  inyuraho ibihangano bya sinema nyarwanda mu buryo bwuzuye 100%.

Iyi shene ubusanzwe iboneka ku muyoboro wa 99 ariko guhera taliki 08 Ugushyingo, 2022 izajya iboneka ku muyoboro wa 38 kuri buri fatabuguzi ryose rya CANAL+ uhereye ku ifatabuguzi rya IKAZE risanzwe rigura FRW 5000 gusa.

ZACU TV
Mbere yo kuyasinya arabanza akayasoma. Yize ibinyabuzima n’uburezi muri Kaminuza
TAGGED:Canal +PapaSava
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwafashije Bruce Melodie Kuba Uwo Ari We Yahawe Kuyobora Radio
Next Article Côte D’Ivoire, Bénin…Bari Kwiga Uko U Rwanda Rwubahiriza Uburenganzira Bwa Muntu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Rome: Papa Azatorwa N’Aba Cardinals 130

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?