Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Paul Muvunyi yarekuwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Paul Muvunyi yarekuwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 January 2021 11:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu  masaha y’umugoroba kuri uyu Wa Gatatu tariki 06, Mutarama, 2021 nibwo Ubushinjacyaha bwarekuye umunyemari Paul Muvunyi wari umaze iminsi afunganywe n’abandi barimo (Rtd) Col Eugene Ruzibiza.

Taarifa yahamagaye umuvugizi w’ubushinjacyaha Bwana Faustin Nkusi ngo agire icyo abivugaho ariko ntiyatwitabye.

Abaduhaye amakuru ku ifungurwa rye bavuga ko Muvunyi yarekuwe amaze gutanga amande ateganywa n’itegeko kugira ngo uyatanze ‘arekurwe ntakomeze gukurikuranwa afunzwe.’

Biteganywa n’Ingingo ya 25 mu gitabo cy’amategeko ahana mu Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Paul Muvunyi yafashwe tariki 24 , Ukuboza, 2020 afungirwa kuri Polisi y’i Remera mu Mujyi wa Kigali.

Mu minsi mike yakurikiye ifatwa rye, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Dr. Murangira B Thierry  yatubwiye ko Muvunyi akurikiranyweho ‘guhimba sinya’ kugira ngo  ahabwe uburenganzira bwo kuba nyiri ubutaka yari aherutse kugura mu murenge wa Bwishyura muri Karongi.

Ba nyiri ubutaka babwiye Taarifa ko iby’uko Muvunyi yabahimbiye sinya atari byo ndetse ko batumva icyo azira.

Twaje kumenya ko Muvunyi yaba afunzwe kubera izindi mpamvu zirimo n’iy’uko yanze kuvirira ubutaka buri hafi y’ikigo cya RDF ishami rya marine zibushaka ku mafaranga we asanga ko ari make akurikije imari ahateganya.

Ku wa Kabiri w’Icyumweru gishize nibwo yitabye Ubushinjacyaha bukorera i Nyamirambo amenyeshwa ibyo aregwa.

- Advertisement -

 

TAGGED:featuredKarongiMuvunyiRIBRuzibizaUbugenzacyahaUbushinjacyaha
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I Musanze Bakomeze Bagere Mu Ngo Zabo Saa 7h00pm, Bagume Yo- CP Kabera
Next Article Ruswa Y’igitsina mu Bahanzikazi Nyarwanda, Producers n’Abanyamakuru Iteye Ite?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?